Rwanda › Forums › Rwanda Today › Rwanda Paparazzi on the Move
- AuthorPosts
- January 8, 2017 at 5:27 pm #28382
In the paparazzi world there’s nothing called useless news, as every news is important. This Free Rwanda topic of the Rwanda paparazzi, will not discriminate when it comes to information. Its the right of Rwandans to know that information. The Rwandan Paparazzi will go after the good,the bad, the ugly,the useless,the useful,the innocent, the criminal,the virgin, the whore, the thief, the victim, the short, the tall, the fat, the thin,the greedy,t he kind, the big ass, the flat ass, the big boob, the plastic boob, the boring, the interesting, the loud,the silent.etc. Our job is not to please or upset anyone, but to provide information.
We don’t care if you laugh,cry, curse, migrate,divorce, change your religion, etc, as long as the people get that information.
Don’t underestimate our paparazzi, as they’ll find you anytime and anywhere. If you’ve been having sex with your cows and dogs, the Rwanda Paparazzi will find you. If you’ve been pretending to be a pastor and raping little girls, we shall find you, If you’ve been cheating on your lover we shall bust you, if you’ve been going around pretending to be a captain in the special forces, while you’re just a corporal in the police, we shall bust you……
January 8, 2017 at 5:31 pm #28385Urukundo, Niki ?
Gusa urukundo mbona ari ikintu gitangaje peeee!!!!!! byatangiye nkinkuru ihita bizakurangira bibaye inkuru nyayo gs gukunda sicyaha knd ntago ari ikosa bisa nkaho byari inzozi zitari zifite icyo zivuze byasaga nkimvura yagwaga mugace gato cyane nubwo amarira yagwaga nabonaga hijimye cyane nubwo byari bigoye kuvuga byasaga nkinzozi zitagize icyo zivuze gs mugitondo akazuba karashe amaso yanjye yamanutsemo amarira yibyishimo ubwo nabonye amwenyura nisanze ryamye mubituzabye naravuze aranyumva nararize arampoza byari bitandukanye nibyahise ibyari inkuru itumvikana ibiganza bibiri bifatanye byemeje kurinda amasezerano ati : bisa nkinkuru nyayo yurukundo.
January 9, 2017 at 12:20 am #284311. Umukobwa yanditse kuri page ye ya facebook ngo abagabo Bose ni ihene. Umusore umwe aracommentinga ngo “Ese waba wahaye papa wawe utwatsi?”
2. Umugore yarapfuye ahurira n’ umugabo we wapfuye mbere mu ijuru. Umugore ati reka Dukomeze urukundo rwacu rwa mbere.
Umugabo ngo twasezeranye ko tuzatanduknywa n’ urupfu none ubu turi mu ijuru. Ubu ndi single nta mugore mfite ntumvangire hari abamarayika ndigutereta.
3.umugabo yatahanye ikinyamakuru ageze mu rugo agishyira muri frigo. Umugore amubaza ibyo akoze. Umugabo ati bambwiye ko harimo inkuru zishyushye none ndashaka ko zihora mbone kuzisoma.
4. Umurwayi wo mu mutwe yagiye I Ndera, muganga amubaza uko amerewe aramubwira ngo buri gihe iyo aryamye arota inkende zirigukina. Muganga ati ndaguha ibinini bikubuza kurota. Umurwayi ati muga uwo muti uzawumpe ejo kuko uyu munsi zirakina final.
5. Umugore witwa Irène yagiye gushaka asanga mu nzu y’ umusore nta kintu kirimo biramushobera abaza umugabo we ati” ese waje kunshaka uziko nzatungwa n’ iki? Aho nzaba mu rugo rutagira ikintu na kimwe?”
Umusore na we ati” Sorry mukundwa wanjye mwiza rwose ntiwibuka ko iminsi twaganiraga nakubwiraga ngo” you are the only thing I have”
6.umugabo yasomaga ikinyamakuru ari kumwe n’ umugore we. Umugabo ati cherie Uzi ko abagore mu bushakashatsi bwakozwe bavuga amagambo ibihumbi 30.000 mu gihe abagabo baba bavuze ibihumbi 15.000. Umugore ati” ariko nta gitangaza kirimo kuko abagabo bumva umuntu asubiyemo”
Umugabo n’ umujinya mwinshi ati ” uvuze ngo iki wa mugore we?
Umugore ati ‘ singaho ibyo navugaga!’January 9, 2017 at 12:53 am #28432Amafoto Y'Umuhuriro wa Grp ya whatsp yitwa "Umuvandimwe Grp" wabereye mumujyi
Umusi waranjiye abahungu nta bituba babonye, ariko abahungu bataye amafaranga menshi muruyo muhuriro Wa Whatsup Da!! Amakuru dufite, n’uko umuhungu afite amaboko kubakobwa aho hejuru mu riyo ifoto, yagurishijye ihene yanyina kushobora kujya muruyo muhuriro!
January 10, 2017 at 12:22 am #28461umumama yari afite akana gato kagahungu, noneho arakabwira ati”nuzajya ushaka kunyara ujye umbwira ko ushaka kuririmba utazankoza isoni turi mubantu”
umwana akazajya abivuga nkuko nyina yabimubwiye, reka nyina azajye gusura abantu bibe ngombwa ko ararayo wamwana nawe ararana na se, ngo bigere mugicuku umwana ati ndashaka kuririmba, ise ati wacyanawe uranshaka kuririmba muriri joro waretse ukazaririmba ejo mugitondo, umwana ati c kombishaka cyane?
ise ati ngaho ndirimbira mugutwi udasakuriza abantu muri iri joro,wibike hejuru ko akana kari agahungu, nuko kegera ugutwi kwa se kanyaramo.
umwana,ise,umugore, ninde ufite amakosa?
January 10, 2017 at 12:26 am #28462iri nishyano ringwiririye pe!
mbaye nitemberera ndavuganti reka nigire nukabara mbe nifatira kamwe wenda bwaba bunari kwira,
singeze mukabari niyicarira inyuma yumusore numuhungu bari barigusangira
mbantumije kamwe mugihe kataraza mbaniyumvira ibiganiro byabo bachr da!
arika nkumva umusore arikubwira uwo mukobwa mwiza ati” nubundi nacyo nakumari kuko sinakundana nawe kandi nushake unyikuremo kuko sinagukenera” ahita yikubita aragenda asiga uwo mubebi arikurira
ndamureba mbona ukuntu akeye bisa nkaho afite akazi keza, nanjye nti” reka sinatuma umwan mwiza nkuyu yicirwa nagahinda mumaso yanjye!”
mba ndimutse mva aho nari nicaye musanga kumeza ye akokanya icyo kunywa cyanjye kiba kirahageze ndagifata arinako ntangira gukuya kuya uwo mubebi ngo aceceke ko nzamurinda ako gahinda atewe nicyo giso kimuteye, ntangiye kumuhoza mwiyegereje numva
ikintu kumutwe ngo piiii, numva ndapfuye neza neza nitura hasi numva mbuze ubwenge nkangutse tsanga ni… Ahwiii ziragwira!January 10, 2017 at 2:24 pm #28482Baza umukunzi wawe mbere yuko mushinga urugo
Ni iby’ igiciro ko wowe n’uwo mukundana mugomba kumenyana cyane kuburyo mugomba kubwirana buri kimwe, bityo rero wakagombye kubaza umukunzi wawe ibibazo bimwe na bimwe byazagufasha mu guteza imbere umuryango muba mwitegura kurema
Dore bimwe mu bibazo ushobora kubaza umukunzi wawe mbere y’uko mubana:
Wumva aricyi uzajya uhora ukunda gukora wishimisha nitumara gushinga urugoAkenshi iki kibazo abakobwa benshi nibo bakunze kukibaza abahungu mbere y’uko babana . nubaza umuhungu iki kibazo ntuzatungurwe no kumva igisubizo aguhaye gitandukanye n’icyo watekerezaga, ahubwo umva icyo abivugaho.
Ese wumva ari iki kigushimisha mu rukundo rwacu?
Igisubizo uzahabwa hano kizakwereka uko urukundo rwanyu ruhagaze . Bizagufasha kumenya agaciro aguha imbere ye, niba akubona nk’umuntu umufatiye runini cyangwa niba akubona nk’umuntu watuma ahungabana mu buzima bwe igihe atagufite.
Ese ni iki gituma uzigama amafaranga?
Ibi bizagufasha kumenya icyo amafaranga azajya yinjira mu rugo azajya akoreshwamo. Niba gukemura ibibazo byo mu rugo ari cyo kintu ashyira imbere, bizagufasha kumva ko muzateza imbere umuryango wanyu ukabaho neza.
Mubaze ku kijyanye n’imyemerere yanyu ndetse n’iyobokamana.
N’ubwo mwaba musengera mu idini rimwe, mushobora kuba mudahuje imyumvire ku bijyanye n’idini musengeramo, ni byiza kubimubaza ukabimenya. Niba mudahuje ukwizera nabyo ni byiza kubimenya kugirango mumenye uburyo muzajya mwubahana n’ubwo mudahuje idini n’imyemerere.
Ni hehe wumva wakwizihiriza iminsi mikuru?
Ntuzamubaze gutya bitari ukumenya aho yishimira kuba yakwizihiriza uwo munsi mukuru gusa ahubwo bizagufasha kumenya niba agufata nk’umwe mu bagize ubuzima bwe. Kandi na none uzamenya niba yishimira kwizihiza iminsi mikuru ari kumwe n’umuryango we. Iki ni ikibazo cy’ingenzi kuko hari byinshi uzahamenyera kuko hari ubwo usanga umugabo adakunda kujyana n’umugore we ahantu henshi mu ruhame rw’abantu. Rero ibi bizagufasha kumenya niba yishimira kuba yagira aho mujyana muri kumwe.
Ese wumva abana tuzabyara bazaba bafite uwuhe mumaro mu buzima bwawe?
Iki ni kimwe mu bibazo by’ingenzi kuko bizagufasha kumenya niba uwo muzabana cyo kuzabyara abana kandi bizagufasha kumenya niba mu nshingano ze hazaba harimo abana muzabyarana. Bizatuma kandi umenya niba kugira abana benshi biri muri gahunda afite cyangwa niba yifuza kubyara bake.
Iyo urakaye ni iki kigufasha kongera gutuza?
Iki nacyo ni ikibazo kidakunze kubazwa cyane kandi gifite akamaro kanini kuko uba ugomba kumenya icyatuma uwo mubana agaruka mu byishimo igihe yaba yarakaye. Aha ushobora ikintu cyatuma agaruka muri mood igihe ababaye kandi bikazagufasha kumenya uko uzajya umwitwara imbere igihe yarakaye.
Ubana ute na mama wawe ndetse na bashiki bawe?
Aha naho ushobora kubaza kubaza umukunzi wawe uko abana na mama we ndetse na bashiki be bizagufasha kumenya uko witwara kuri bashiki be ndetse na mama we. Iyo umaze kumva uko babana bituma umenya niba nawe azajya agufata neza cyangwa niba akenshi atazajya akwitaho.
Ni gute tugiye kuzajya twuzuzanya?
Iki kibazo nacyo ugomba kukimubaza kuko ni ingenzi cyane kuko ari imwe mu nkingi zifasha kugirango urugo rukomere kandi rutere imbere. Rero ufite inshingano zo kubaza umukunzi wawe cyangwa uwo muteganya kubana ku bijyanye n’ubwuzuzanye bwanyu kuko bizagufasha kumenya niba hari ibyo muzajya mufatanya mu mibereho yanyu.
musore nawe nkumi ugomba kugira bimwe mu bibazo ubaza umukunzi wawe mbere yuko mushinga urugo.January 10, 2017 at 2:30 pm #28483Ubushakashatsi bwerekanye akamaro k’imibonano mpuzabitsina ku bakuze
Uko umuntu agenda asaza, usanga hari ibintu byinshi bihinduka ku mubiri we ndetse no mu mitekererere ye. Ese mu gihe wahuye n’uburwayi bwo kutagira ubushake mu mibonano mpuzabitsina ni gute wakwivura ugakira.Abenshi usanga bagira ikibazo cyo kwibagirwa ,uko yibukaga mbere akiri muto yakura bigahinduka n’ibyo mu maze kuvugana akabyibagirwa.
Mu gushaka igisubizo ku kibazo cyo kwibagirwa ku bantu bakuze, abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Manchester mu Bwongereza basanze gukora imibonano mpuzabitsina kw’abantu bakuze biha ubwonko bwabo ubushobozi bubarinda kwibagirwa.
Ikinyamakuru elcrema cyanditse ko ubwo bushakashatsi bwakorewe ku bantu 1700 bafite hagati y’imyaka 58 na 98 maze ibyavuyemo bikagaragaza ko muri bo abagikora imibonano mpuzabistina ubwonko bwabo budapfa kwibagirwa kurenza abatayikora.
Ni byiza ko niba ufite umugabo cyangwa umugore wajya ukunda gukora imibonano mpuzabitsina ikakurinda kwibagirwa.
Ingaruka zo kudakora imibonano mpuzabitsina
Kudakora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye bitera umunabi mu rugo ku bashakanye, guhorana umushiha n’intonganya, kwibagirwa cyane , kugira stress idashira, kuribwa umutwe ndetse no kubura urubyaro.
Ku bagore hiyongeraho cancer yo mu myanya myibarukiro ndetse n’ibibyimba byo mu nda.
Ni iki gishobora gutuma umuntu atagira ubushake bw’imibonano mpuzabitsina
Guhozwa ku nkeke n’uwo mwashakanye ndetse n’ibibazo bya stress n’ihungabana ni bimwe mu byatuma umuntu agira ubushake buke mu mibonano mpuzabitsina.
Nanone kandi hari uburwayi bushobora gutuma umuntu atagira ubushake mu mibonano mpuzabitsina. Diyabeti ni imwe mu ndwara zishobora gutera ubushake buke mu mibonano mpuzabitsina.
Uretse iyi nanone indwara y’umubyibuho ukabije n’umuvuduko w’amaraso bishobora gutera ubushake buke mu mibonano mpuzabitsina ndetse no kuba umuntu yarikinishije cyane.
Ni gute wakwivura uburwayi bwo kutagira ubushake mu mibonano mpuzabitsina
Kugeza magingo aya ubuvuzi bwa kizungu buzwi nka medecine moderne ntibarabasha kuvura uburwayi bwa diyabeti, umuvuduko w’amaraso, kutagira ubushake mu mibonano mpuzabitsina ndetse na stress.
Ubuvuzi bw’abashinwa nibwo bwonyine bubasha kuvura ubu burwayi bugakira burundu.
January 10, 2017 at 2:35 pm #28484Umukobwa wese dukundanye abandi bahita bamutwara. Nkore iki?
Ndi umusore mfite imyaka 30 narangije kaminuza mfite n’akazi ka leta ariko nta mahirwe njya ngira yo kubona umukunzi kuko umukobwa wese ngerageje gukundana nawe bahita bamutera inda cyangwa abandi basore bagahita bamutwara, none ubu nzakore iki?
None ndabasaba ko mwamfasha mukangira inama byaba bishoboka uwifuza kumbera Mama w’abana banjye abonetse byanshimisha.
Nizeye ko inama zanyu zizangira icyo zimarira.
January 10, 2017 at 2:40 pm #28485Bamwe mu bahungu hari abo usanga batagira impano yo guhirwa no gukundwa n’abakobwa ndetse n’uwo bagerageje gukundana ntibarambane kubera imyitwarire itari myiza bagira imbere y’abakobwa.
Bimwe muri ngiye kukubwira byatuma abakobwa bose bagucikaho kabone nubwo waba hari uwo wari waremeje.
Kumugereranya n’abandi: Umukobwa wese ntakunda umuntu umugereranya n’abandi bakobwa iyo muri kumwe cyangwa mu biganiro mugirana. Aba ashaka ko umwereka ko ari we ukunda gusa kandi abaruta bose.
Igihe hari undi ubonye wenda amuruta mu bwiza, ntukamurangarire muri kumwe cyangwa ngo ugire icyo ubivugaho mukiri kumwe kuko bituma abona ko ufite imitima myinshi.
Uba ugomba kugira ahantu hose mwaba muri kumwe cyangwa mutari kumwe,ejo atazasanga uri mu bantu batarangwa n’ikinyabupfura kuko babyanga kubi,byatuma mushwana.
Kurakazwa n’ubusa: kandi abakobwa bazirana n’umuhungu urakazwa n’ubusa cyangwa uhorana umushiha. Iyo uteye gutyo,umukobwa ahita abona ko no mu rugo umugore uzashaka uzajya uhora umushihura,agahitamo ko mutandukana urukundo rutarakomera.Kutigirira isuku: iki ni kimwe mu bintu bituma abakobwa batandukana n’inshuti zabo. Aha umuntu yavuga nko kunuka mu kanwa biturutse ku isuku nke cyangwa kugira impumuro mbi y’icyuya kuko udakunda kwiyuhagira.
Kutita ku mukunzi wawe uko bikwiye: ibi bishobora gutuma mutandukana niyo mpamvu uba ukwiye kumukorera buri kintu cyose kigaragaza urukundo kuko burya abakobwa bashimishwa n’abasore babitaho,bakabarata no muri bagenzi babo
Kunywa ugasinda cyane: iyo ukiri umusore ugakunda kunwa ugasinda cyane nabyo ni kimwe mu bintu abakobwa banga kuko iyo ubikora ukiri umusore noneho yibaza niba umugabo icyo uzakora akumva bizaba bikabije,agahitamo ko mwarekana hakiri kare.Kutagira ibitekerezo by’iterambere n’ ubunebwe: ibi nabyo nta mukobwa ibikunda,ahubwo aba yumva umukunzi we yaba umuntu ukunda umurimo kandi akagira ibitekerezo byubaka kuko bigaragaza ko azavamo umugabo nya mugabo.
Burya rero uzirinde ko umukunzi wawe yakureka ari wowe biturutseho kuko birababaza cyane. ugomba kugerageza gokora ibisabwa kuburyo urukundo rwanyu rugenda neza.January 10, 2017 at 2:45 pm #28486Ubundi mu buzima bwa kiremwa muntu, umuntu wese akunda gukundwa ndetse no gukunda ariko hari ibigomba kwibazwaho ndetse bikanitonderwa. Ese urukundo niki ni ukubera iki nkwiriye gukunda no gukundwa, ese urukundo mpabwa rurahagije?
Abantu bakundana bakwiye kumarana umwanya ungana iki baganira? Niki cyatuma urukundo rutagenda neza, ninde nabwira ibibazo by’urukundo rwacu, amakimbirane mu rukundo akemukwa nande ese akemurirwa hehe? Ni ryari nzumva ko nyuzwe n’urukundo mpabwa.
Hano turarebera hamwe ibintu bidakunze guhabwa agaciro ariko bishobora gusenya umubano hagati y’umuhungu n’umukobwa bitegura gushinga urugo.
Kudaha umwanya uhagije uwo mukundana.Mu rukundo abakundana cyangwa abashakanye bagomba gukora uko bashoboye bagahana umwanya ufatika kuko iyo bitagenze bityo baba nk’abari kubakira ku musenyi, ni ho kwa kwizerana gukendera kuko umwe aba avuga ko arutwa n’ibintu runaka mugenzi we aha umwanya cyangwa se awihera abandi, ibi bituma abantu bahuzwa no gucyocyorana no batumvikana bityo bikabaganisha gusenya aho gukomeza kubaka ibiramba.
Gushaka inzitwazo zidafatika burigihe bituma mutagirana ibihe byiza
Buri wese aba ashaka kumva anezerewe kandi akumva ko yagenda yisanzurana n’umukunzi we, gusa hari ikijya kiba nyirabayazana w’ubushyamirane, ugasanga umwe muri bo arahora atanga urwitwazo ruhoraho.
Ibi bibabaza mugenzi we bigatuma atangira kubihirwa no kugira ibihe bitamworoheye.
Ni ukuvuga ngo niba umuntu mukundana agusabye umwanya gerageza uwumuhe n’ubwo byaba bitoroshye cyangwa ukabona ko bikugoye byose bikore mu kinyabupfura kuburyo Atari burakare
Kumugereranya n’uwo mwahoze mukundana
Ntugahore umugereranya n’uwo mwakundanye kuko ugomba gufata umwanzuro kuko iyo umuntu atandukanye n’uwo bakundanaga aba agomba kurekura akiga kubaho atamufite.
Icyo gihe iyo abonye andi mahirwe biramworohera kuko abona uko yubahana kandi agaha umwanya umunezero mushya aho guhora abunza imitima utekereza uwo mwakundanaga.
Mu gihe ukundana n’umuntu warabanje gukunda ho mbere, iyo utazi gufata icyemezo uhora uhuzagurika ufite amakenga ko n’undi yakwigendera cyangwa yakubabaza nka mbere, iryo gereranya rituma nta munezero wisanzuye ugira mu rukundo rushya.
Hari ubwo udasenya kamere mwagiranaga, uko mwari mubanye ukumva umukunzi mushya ntazi ibigezweho, atazi gukunda ugahora wumva ko wacikanywe bityo ugakomeza kuba mu rungabangabo, ibyo bishobora gutuma uwo mukundana yigendera kuko aba abona uhuzagurika.
Kumva ko wafatishije
Gukunda cyangwa gukundwa wabigereranya n’ubusitani cyangwa inzira yuzuyemo imbuto zuje ubwuzu zitera umunezero zikikijwe n’indabo nziza zifite impumuro idasanzwe kandi mu buryo butandukanye, usarura agomba gufata igihe cye kirambye, akaryoherwa na buri rubuto kandi agahumurirwa na buri rurabo, rero murumva ko bifata igihe.
Bityo rero kwirara ukumva ko wafatishije nabyo sibyiza ntibikwiye kuba amareshyamugeni cyangwa ngo urukundo rwuje umunezero no guteteshanya birangire kuko icyo gihe agenda agabanya uko yakundaga mugenzi we bityo ugasanga umwe muri bo atangiye gukeka ko yibeshye kuri mugenzi we cyangwa atari ryo geno rye, agatangira gutekereza ahandi yakomereza ibyishimo bye.
Ni ho bamwe batangira gusigana no kutizerana kugeza baciye umubano, nta gihe runaka ukunda yakwibwiye ko yafatishije, ahubwo uburyohe bw’urukundo ubwumva neza iyo utekereje ukuntu wajya uremera udushya urukundo rwawe.
Kurogoya ibiganiro byanyu
Ni ngombwa kuganira abantu bitonze cyane iyo abakundana bashyizweyo, buri umwe atangaho umugabo isi n’ijuru ko yamuremewe, bizerana bahuje, iki gihe cy’agahebuzo buri umwe agomba kwirinda ibyabarogoya, iyo umuntu ashikagurika ajya mu tuntu tw’irya n’ino, usanga mugenzi we abihiwe n’ibiganiro, hakavuka ukwivumbura kwa hato na hato, iki gihe abakundana baba bagomba kubiganira ho bakarimbura kidobya bitabaye ibyo urukundo rwabo rushobora kugenga nabi bikaba byabaviramo gutandukana cyangwa bagasenyerwa n’impamvu bitaga ko idashinga.
Kugaragariza abandi amarangamutima.
Abantu bakundana buri umwe aba yumva agomba gufatwa nk’umwami cyangwa umwamikazi mbese ntawe wamumurutira ku isi yose.
Buri umwe aba agomba guharanira kuzamura ibendera ry’umukunzi we, yemwe bagera mu bantu agaterwa ishema no kumwerekana mu ruhando rw’inshuti, abaratira rudasumbwa, yaba ari umusore akabamurikira nyampinga we.
Iyo rero mugendana ugatangira kurangarira abandi n’ubwuzu bwinshi mwaganira ukabasimbagiza mu bisingizo, ibi ni nk’igikomere gikomeye uba urimo gutera mugenzi wawe, atangira kumva acitse intege, ubwenge bukayoba akicuza igihe yagutayeho ngo akunde akunezeze, bimutera ipfunwe kongera guhura na ba bantu, ndetse bikamubera nk’ihungabana akumva ntaho mwajyana mu bantu benshi kuko aba azi ko uri buhakore amabara uraranganya amaso ushaka uwo uvuga neza, ibi bifatwa nko kutanyurwa no kujarajara bikaba byabangiriza urukundo.
Gusebanya.
Ntabwo ari byiza kuvuga ibyo wiboneye ku mukunzi wawe kuko abifata nko kumusebya, bimutera agahinda iyo abyumvise, agahinda umushyitsi mu mutima yemwe akaba yanakoreshwa n’umujinya akakubwira amagambo adakwiye abakundana.
Umwe iyo atangiye isebanya ntanace bugufi ngo asabe imbabazi mugenzi we akaguma no kwihagararaho birangira urukundo ruhirimye maze babandi batifuzaga ko mukundana bakabona aho bahera bishima, sibyiza rwose gusebya cyangwa gutaramira k’umukunzi wawe.
Kwigira ntibindeba
Iyo hari amakimbirane mu rukundo mugasasa inzobe buri wese avuga uko abyumva aho guhirikira aho bibogamiye, ukumva ko niba atakuvugishije wicecekera ugategereza ko ariwe ukuvugisha haba no mu biganiro buri wese aba agomba kuzana icyaganirwaho, agaharanira kuba isoko y’umunezero yamugenzi we.
Naho iyo wumva ko hari uwo bireba wowe yanatinda kuguhamagara cyangwa kuguha ubutumwa, kukuvugisha no kukwibutsa ukarakara ugatangira kumurakarir, bituma hari ubwo acika intege akumva ko nta cyo umumariye mu buzima , ibi birasenya ntibyubaka.
January 10, 2017 at 2:53 pm #28487muraho bakunzi bururubuga ndumukobwa ufite imyaka 25 ndi inzobe nfite 1m70 ibiro 60 nkorera mu ngororero nkaba nshaka umusore Uzi guswera nkanyara uwokuzajya amfubya ntawe nshaka nanjye nkamunyongera nkayiririmbira nokuniha nibintu byange uwumva afite gahunda yampamagara kuri 0727772514 uwumva tujuje condition ntampamagare.
January 10, 2017 at 3:03 pm #28488Uko umuhungu n’umukobwa bafite urukundo nyarwo bagomba kwitwara
Mu buzima busanzwe iyo uhuye n’umuntu kandi akaba aribwo bwa mbere uhuye nawe ni byiza ko umugaragariza imyifatire myiza kabone n’ubwo waba ufite imyifatire iruhije mu gukundwa
Iyo ,mumaze kumenyana
Mumaze kwemeranya ubushuti muba mugomba gukomeza kuganira no kubwizanya ukuri by’umwihariko iyo muri kumwe nk’iyo mwasohokanye cyangwa umwe yasuye undi ningombwa ko muhuza kubyo muri kuganira kuko bishobora kuba byabafasha gutera imbere no kugirana inama zitandukanye.
Ntabwo ari byiza ko umwe yibanda ku ruhande rwe gusa ngo yumve ko icyo avuze aricyo atagomba kuvuguruzwa ahubwo bagomba kujya inama kuri buri kimwe cyose.
Kandi nanone ntabwo gusohokana cyangwa gusurana aba ariwo mwanya wo kwishimisha gusa ahubwo mugomba no kwibuka kuganira kubyo mubona byaba bitagenda neza mu rukundo rwanyu.
Umusore cyangwa inkumi ugiye gushaka inshuti nyanshuti cyangwa umukunzi ntabwo yakabaye areba uburanga buhanitse cyangwa ubutunzi cyangwa se kugendera kubyo abandi bavuga kuko ibyo byose ni ibirebeshwa amaso ya bugufi nyamara tutazi ko ibyo byose bishobora kurangira vuba.
Ahubwo urukundo nyarwo ruba mu mu mutima imbere. Amafaranga n’ubutunzi ni nk’umuyaga, uhuha rimwe mu kanya ukabura.
Basore namwe bakobwa mukundana urukundo nyakuri mutabeshyanya kuko bizabahesha ishema mu bandi, yaba abababona ndetse n’aho muba kdi bizatuma ababubaha.
Ikindi kandi niba mukunda by’ukuri ntimukabihishe kuko iyo umwe aterekana ko akundana n’undi hashobora kuzamo agatotsi ko kuba umwe atizera undi bitewe nuko ashobora kuba yakwibaza impamvu undi atamumurikira inshuti ze cyangwa ngo yemere ko bakundana.
January 11, 2017 at 7:42 pm #28500Ufata ..Amavuta Ugashyira mugasafuriya Gafite Isuku
Maze yashya Ugakatiramo Igitunguru arko ugakoresha uburyo kitaza Gushirira
Maze cyamara Gushya Ugatereka Hasi Ugasukamo Amazi ukanashyiramo Umunyu mukeya utumvikanamo cyane !
Iyo Amazi amaze Gushya #Cawunga (kawunga) uyishyiramo maze ukongera ugategerezako amazi
Ashaka inzira mubufu
Iyobisa nkibitogose nibwo utangira Gusonga …ubugariIyo hashize nkiminota 7 ugisonga ugomba kuba upfundikiye ukaruhuka nkiminota 3
Maze ukongera kdi ukazengurutsa umwuko Impande zo c kugirango hataza kugira ubufu bwibumbira .
Murimake Isaasita Nziza kuba MAMAN..
BATAZI GUTEKERA ABAGABO BABO KAWUNGA kdi bayikunda.
™¶¶¶¶
January 11, 2017 at 8:09 pm #28502Dore uburyo ushobora gutereta umukobwa muhuye bwambere
Urugero, ushobora kuba uri kwigendera mumuhanda ukabona umukobwa mwiza ukumva wamukunze, cg ukaba uri muri bus ukabona muricaranye ntukamutinye niba wamukunze, ndaje nkwereke uko wabyitwramo:
.
Umukobwa muhuriye mumuhanda, wowe icyo uzakora ntuzatinye, kandi ntuzumveko ataba uwawe, banza wihe icyizere kandi wumveko bishoboka. Icyo uzakora wowe uzamusuhuze mukinyabupfura, ubundi umubwire uti:
nshuti nakubaza gato? Ndabizi ntabwo azanga, uzahite umubwira ngo wandangiye ahantu bita
kwa ruvenge? Impamvu mvuze kwa ruvenge nuko arizina ryamugora kumenya kandi ntahantu wapfa
kubona hitwa gutyo, mbese nawe washaka ikindi kizina kugrango ukomeze kumurindagiza , aguhemwanya muganire nawe atazi uko umukino ugenda. Ndabizi neza, umukobwa azagusubiza ko atahazi, kdi arubwambere ahumvise, wowe icyo uzakora uzamubwire ngo: sha uraziko bambwiye ko ari hafi hano kandi ndahashaka cyane,
Umukobwa azaguma akubwire ko atahazi, nawe uzahite umubwirango: eh! Mbega wowe! Ese wowe ntabwo uba hano hafi? Ubivuge useka.
Umukobwa azahita akubwirako ahaba cg atahaba, nakubwirako ahaba, uzahite useka ariko gake, wirinde
kuvuga amagambo menci cyane, uhite umubwira ngo yo biratangaje kuba utazi ahantu nkaha kandi ariwanyu, Nusanga atariho atuye uzamubwire ngo eh! Kumbi sha
narinziko arho iwanyu, azahita umubaza aho atuye . Namara kukubwira aho atuye wowe, uzahite umubwirango nukuri urakoze cyane pe, nishimiye uko wamvugshije, uhite umubwira ngo: sha byiza kumenyana nawe nitwa Radhi Fulgence Ntuzamubaze izina rye mbere, numara kwivuga azahita
nawe wenda akwibwira ati: nanjye nitwa….👱
Urumvako muzaba mumaze kumenyana nka 5%, ubwo uzahite umubwira ngo murakoze cyane.
Uzahite umubwira ngo reka nkomeze nyoboze wenda
ndahamenya, ariko ubivuge wamuhayeukuboko, usa nkumusezera nyuma uhite umubwirango : ariko mbere yuko ngusezera, ngusabe akantu
kamwe?
Ndabizi azavuga ngo ntakibazo, uhite umubwira ngo : reka nguhe nimero yanjye wenda twazongera guhura undi munsi, Ntuzamusabe nimero ye. Azahita ashaka kuzandika. Wowe ufate fone ye ushyiremo number yawe, ubundi wibipe, umubwire ngo ngiyi niyawe nyibonye. Usanze ntamafaranga arimo, wahita uyimusaba ntakibazo. Uzahite umusezera, ubundi wikomereze, ariko kumusezera umubwire akajambo kamuguma kumutima, urugero: uritonda cyane pe, ndabona uhebuje.Nko muma 19h30, umwoherereze ka msg kagira gati: muraho? Wageze murugo amahoro!
Nukuri burya kumenyana nawe byancimishije, urote Imana Burya umukobwa ntakunda umuhungu
uvuga amagambo menci.
Ujye umwandikira rimwe na rimwe apana msg zaburimunsi, ugerageze unjye umuhamagara nka rimwe
mubyumweru2, ikindi uzakora unjye wirinda gutinda kuri fone, kuko yakurambirwa, muhamagare 2min gusa cg munsi yayo.
Nubona atangiye kugenda akwiyumvamo, uzapange musohokane, munjye nkahantu muganire, mubiganiro
muzagirana ntugahubuke, jya uvuga byo watekereje, kandi wirinde kwitaka, ngo uvuge aho ukora, wapi ibyo ntabwo umukobwa abikunda, wowe uzibande kumenya amakuru ye naya famille ye, burya
ntanimpamvu kubwira umukobwa ko wamukunze, ahubwo we ubwe nawe, muzashiguka muri murukundo,….
Maze muzongere kuvuga ngo muri single….Ndabizi ugiye kugenda ntana like umpaye kandi nkwigishije guheheta/ gutereta da !! Doreko nivugira gato mukarakara!!!!!???????
- AuthorPosts
You must be logged in to reply to this topic.
RELATED PUBLICATIONS:
No related publications.