Rwanda › Forums › Rwanda Facts › The Rwanda Big Lie
- AuthorPosts
- December 7, 2016 at 10:17 am #27806
Amabuye menshi y’agaciro Paul Kagame yasahuye mu gihugu cya Congo (RDC) mu myaka myinshi (1996-2013), yayagurishije ahendwa ku isoko ryo mu bihugu byo ku mugabane w’Aziya. Amafaranga yakuye muri ayo mabuye, Kagame yashoboye kuyabitsa mu bwihisho mu mabaki yo mu gihugu cya Panama, asigaye ayubakamo « Kigali Convention Center ». Ububiko bw’ayo mabuye busigayemo ubusa; ibyo bikaba byarateye ikibazo k’ibura ry’amadevize mu Rwanda, Ibiciro ku masoko bikaba byariyongereye, ifaranga ry’u Rwanda rikaba ryarataye agaciro k’uburyo bukomeye, Inzara iraca ibintu mu Rwanda kandi nta madovize yo guhaha ibiribwa mu mahanga, nta bushobozi igihugu gifite bwo gutunga abasilikare barenga ibihumbi 100 kuburyo kubareka gutyo bishobora gutera imvururu mu gihugu… ariko ikibazo gikomeye cyane akaba ari icyo gushaka umutungo wo kurwana intambara yo gukuraho leta iriho ubu mu gihugu cy’Uburundi kuko ibonwa nk’umwanzi wa mbere wa Paul Kagame!
Hagati aho Perezida wa Congo (RDC) Joseph Kabange Kabila ntabwo yorohewe n’ibibazo bya politiki mu gihugu cye ! Uyu mwaka w’2016 niwo wa nyuma kuri Joseph Kabila kugirango abe arangije manda ebyiri yemererwa n’itegeko nshinga ry’icyo gihugu, akaba adashobora kongera kwiyamamaza. Joseph Kabila yashatse guhindura itegeko nshinga ngo yiyongeze manda nk’uko Kagame yabigenje, bimutera ubwoba kuko yasanze Congo atari u Rwanda ashobora kuhasiga agatwe ; maze yiga amayeri yo kuguma kubutegetsi akoresheje abacamanza b’urukiko rukuru rurinda itegeko nshinga ry’icyo gihugu batangazako mu gihe amatora yaba adashoboye gukorwa, Joseph Kabila ariwe waguma ku butegetsi nka perezida w’inzibacyuho !
Mu murwa mukuru wa Congo i Kinshasa hahise hakwizwa amagambo y’ibihuha avuga ko leta ya Congo idafite ubushobozi bwo gukoresha amatora ku mwanya w’umukuru w’igihu; abakongomani banyuranye kimwe n’ibihugu bikomeye kuri iyi si cyane cyane Leta Zunze ubumwe z’Amerika bahise bamagana icyo gitekerezo cyo kuburizamo amatora. Mu minsi yashize, Joseph Kabila yabonyeko igitutu gikomeje kwiyongera, atangaza ku mugaragaro ko nta mpamvu nimwe izatuma amatora ataba, kugirango yoroshye ihangana ryari ritangiye kuvuka mu baturage. Amakuru “veritasinfo” ikesha bamwe mu banyamakuru b’abakongomani bari baherekeje Joseph Kabila mu nama y’umuryango w’ubumwe bw’Afurika i Kigali ku italiki ya 17 na 18 Nyakanga uyu mwaka, yemeza ko Paul Kagame ari kumwe na Museveni bunguye inama Joseph Kabila yo kubirizamo amatora muri Congo, bityo Kabila akabyungukiramo akaguma ku butegetsi kandi Kagame na Museveni nabo bakabibonamo inyungu !
Kagame na Museveni bumvishije Kabila ko ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zigomba kwigarurira intara zo mu burasirazuba bwa Congo mu rwego rwo kurwanya imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwa Kagame na Museveni iba muri Kivu zombi; u Rwanda rukazigarurira Kivu y’amajyepfo n’igice kinini cya Kivu y’amajyaruguru, Uganda ikazafata igice kimwe cya Kivu y’amajyaruguru igakomeza igana Kisangani ! Mu gihe izo ngabo z’ibyo bihugu byombi zizaba ziri ku butaka bwa Congo, Joseph Kabila azahita ashyiraho amategeko adasanzwe yo mu gihe cy’intambara kandi ibikorwa by’amatora biteganyijwe bihite bihagarara kuko bizaba bigaragara ko hari igice cy’igihugu abaturage bacyo bazaba badashobora gutora kubera intamba, ubwo Kabila akazaguma ku butegetsi ubuziraherezo ! Iyo nama Kabila yarayemeye!
Kagame na Museveni basobanuriye neza Kabila ko muri iki gihe ibihugu by’iburayi biri kurwana intambara y’ibyihebe, Amerika ikaba iri mu matora kandi Trump ushobora kuyobora icyo gihugu akaba yaravuze ko Amerika itazongera gushishikazwa n’ibibazo bibera mu bindi bihugu; ibyo byose akaba ari umwanya mwiza wo gushimangira ubutegetsi bwabo mu bihugu bayobora nta muntu ubavugijeho induru ! Kagame na Museveni bakaba bariyemeje kuzumvisha ibihugu bya : Tanzania, Afurika y’epfo na Angola kutazivanga muri iyo gahunda yabo; birumvikana ko ibyo bihugu bishobora kubangamira Kagame,Kaguta na Kabila bizashakirwa inyoroshyo izava mu mutungo kamere wa Congo.
Mu ntangiriro z’uyu mwaka, Papa François yavuze ko isi yinjiye mu ntamaba ya gatatu bucece, abantu ntibabyumva ; uwahoze ari ministre w’intebe w’igihugu cy’Ubufaransa François Fillon yavuze ko muri iki gihe hari kuba intambara ya gatatu y’isi yose, yakuruwe n’intagondwa zigendera ku mahame y’idini ya Islamu! Nk’uko izindi ntamaba z’isi zabanjirije iyi turimo zagenze, ni uko mu gihe ibihugu by’iburayi byarwanaga, ibindi bihugu ku isi nabyo byagabaga ibitero ku bindi bihugu kugira ngo bibyigarurire, akaba ariho izina ryo kwitwa “intambara y’isi yose rituruka” ! No muri iki gihe ibihugu byinshi ku isi biri mu ntambara, buri gihugu cyose kikaba gishaka kwigarurira ikindi ! Iyo tugeze mu karere k’ibiyaga bigari, ubona iyi ntambara y’isi yose ishobora kuzatuma abatekereza gushyiraho ubwami bw’abahima (Empire Hima) babishyira mu bikorwa ! Ese bizafata ? Amateka niyo azaduha igisubizo, inkuru iri hasi aha iradusobanurira neza uko umushinga wo gufata Kivu ugiye gushyirwa mu bikorwa !
Umuyobozi ushinzwe igenamigambi muri Minisiteri y’Ingabo mu Rwanda, Brig Gen. Ferdinand Safari
U Rwanda rwaciye amarenga yo gusubira muri Congo kugaba ibitero kuri FDLRLeta y’u Rwanda ntihwema kugaragaza ko irambiwe uburyo ibitero byatangijwe kuri FDLR muri Mutarama 2015 bidatera intambwe, ahubwo bikaba byarahagaze ku buryo abo barwanyi bongeye kwikusanya.
Umuyobozi ushinzwe igenamigambi muri Minisiteri y’Ingabo mu Rwanda, Brig Gen. Ferdinand Safari, yabwiye ikinyamakuru The East African ko inama mpuzamahanga y’akarere k’ibiyaga bigari, ICGLR yagiye ikorwa inshuro nyinshi kandi igafata na gahunda nziza zo kurandura FDLR, ariko zakomeje guhera mu mpapuro.
Yagize ati “Ibitero bya gisirikare mu Burasirazuba bwa Congo byatangiye neza kandi byatanze umusaruro mu kurandura M23. Ibyo byagombaga gukurikirwa no kurandura FDLR na ADF, ariko umuvuduko wabyo wararangiye,” Gen Safari yavuze ko ibintu nibitajya mu buryo, u Rwanda rushobora kwifashisha igitero nk’uko byagenze kuri ‘Umoja Wetu’ yabaye mu 2009, ubwo ingabo z’u Rwanda n’iza RDC zishyize hamwe zigashegesha 70% bya FDLR mu kwezi kumwe gusa.
Ba Minisitiri b’Ingabo mu karere bongeye gukorana
Gen Safari yatangaje ibi nyuma y’uko kuwa Gatatu tariki 20 Nyakanga 2016, ba Minisitiri b’Ingabo mu bihugu bigize ICGLR bahuriye i Nairobi muri Kenya, bibukiranya ko “kurandura imitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba bwa RDC ari uburyo burambye bwo kugarura amahoro mu karere.” Ni inama yitabiriwe ba Minisitiri b’Ingabo muri RDC, u Rwanda, u Burundi na Uganda, hamwe n’ibihugu bifite ingabo zigize umutwe wihariye w’ubutabazi muri RDC [Ukorana n’intumwa za Loni ziri kugarura amahoro muri RDC, Monusco] aribyo Afurika y’Epfo, Tanzania na Malawi, hiyongeraho na Angola iyoboye ICGLR.
Iyi nama ya ba Minisitiri b’ingabo yakurikiye iy’abakuru b’ibihugu yabereye i Luanda muri Angola kuwa 14 Kamena 2016, aho basabye ko hongerwa ubufasha ku basirikare 3000 boherejwe kugarura amahoro muri RDC n’ibihugu byo mu karere. Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano gaheruka gusaba RDC kwifashisha ibihugu byose bigize akarere mu gushaka umuti urambye wo gusubiza mu buzima busanzwe abarwanyi ba FDLR nyuma yo kwamburwa intwaro hamwe n’imiryango yabo.
FDLR yari yarasabwe kumanika amaboko bitarenze kuwa Mbere Mutarama 2015 bitabaye ibyo ikagabwaho ibitero bya gisirikare, ariko abarwanyi 300 bonyine nibo bashyize intwaro hasi, abasigaye bakomeza gushinjwa ubwicanyi, gufata abagore ku ngufu, kwinjiza abana mu gisirikare n’ibindi. Minisitiri wungirije muri RDC ushinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abarwanyi, Rene Sibu Matubuka we yabwiye The East African ko “FDLR itagikwiye gufatwa nk’umutwe witwaje intwaro kuko abazifite bafashwe bagafungwa.” Ubu ngo igisigaye ni ikibazo cy’amategeko kuko abarwanyi bayo basigaye ari amabandi, bashimuta abantu, gufata ku ngufu no kwica abana n’abagore.
FDLR mu matariki y’ingenzi
Kamena 1994: Benshi mu bari bamaze gukora Jenoside mu Rwanda barimo Interahamwe, Impuzamugambi, Inzirabwoba na benshi mu bari bagize Leta y’Abatabazi bahungiye muri Zaire
Mutarama 2009: Ingabo z’u Rwanda zambutse umupaka wa Goma zigiye gutanga umusanzu mu kurandura burundu FDLR, nyuma y’amasezerano yari yemeranyijweho n’impande zombi, mu gikorwa bise “Umoja wetu”.
Gicurasi 2009: Hatangijwe ibitero bya gisirikare kuri FDLR byiswe ‘Kimia II’ byakozwe n’ingabo za Leta ya Congo zifatanyije n’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye, hagamijwe kurandura uwo mutwe muBurasirazuba bw’igihugu.
Kanama 2014: FDLR yahawe kugeza kuwa 31 Ukuboza 2014 ikaba yamaze gushyira intwaro hasi, bitaba ibyo ikagabwaho ibitero.
Tariki 2 Mutarama 2015: Itariki ntarengwa yarangiye abagera kuri 300 bo muri FDLR aribo bamanitse amaboko
Kuwa 29 Mutarama 2015: Repubulika Iharanira Demokarasi yatangaje ko yatangiye ibitero kuri FDLR, ifatanyije n’intumwa za Loni ziri mu butumwa bw’amahoro, Monusco.
Gashyantare 2015: Monusco yivanye mu bikorwa byo gufasha FARDC kurwanya FDLR, kubera ibitero byari biyobowe n’abajenerali Loni ishinja ibyaha.
Kamena 2016: FDLR yacitsemo ibice nyuma y’ubwumvikane bucye hagati y’umuyobozi wayo Gen.Maj. Victor Byiringiro n’icyegera cye, Col.Wilson Irategeka, hashingwa umutwe mushya, CNRD (Conseil National pour le Renouveau et la Démocratie.”
December 7, 2016 at 10:19 am #27808ITA NGAZO RY’UMUGAMBWE CNDD-FDD N° 013/2016 RYO KU WA 26 MUKAKARO 2016
Mu gihe inkorabara zashatse guhekura Igihugu zibandanya ubukozi bw’ikibi, Papa François n’abandi banyecubahiro mw’Isi barakeza Reta y’Uburundi n’Abarundi.1. Duhereye ku mashirahamwe yitwa ko yubahiriza ikiremwa muntu nka za Human Rights Watch, za FIDH, League Iteka, Amnesty International n’ayandi…gushika ku muyobozi Mukuru wabo Zeid Ra’ad Al Hussein, biraboneka ko intumbero bafise kandi bagaragaje kuva mu mwaka w’2014 ari iyo kwifatanya n’abashatse gutembagaza inzego zitorewe n’abenegihugu. Aho izo nkorabara zidashoboye gushika, ayo mashirahamwe arahazibera kuko n’ubundi barasangiye umugambi. Ariko, n’ubwo biri uko hariho Abanyecubahiro kw’Isi bashima aho Reta y’Uburundi igejeje ibikorwa mu kugarukana amahoro n’umutekano, mu gutsimbataza demokarasi no mu kurondera ineza y’Abenegihugu biciye mu biganiro bitandukanye ;
2. Igihe Uburundi bwariko burahimbaza ibirori vy’imyaka 54 bumaze bwikukiye, ntibwatamvye bwirorera, bukaba bukenguruka abo Banyecubahiro bose n’abenegihugu babo babufashe mu mugongo kuri uwo munsi udasanzwe. Budakeye na kabiri, Ibihugu vy’ibihangange nka Amerika, Uburusiya, Ubushinwa, Ubuhindi, Ubuswisi, n’ibindi nabo nyene barashimye bashimagiza uwo munsi wo kwibuka ukwikukira ku ncuro ya 54, kandi bagasaba ko Uburundi bwobandanya butera imbere nk’umuzinga ;
3. Nyenubweranda Papa François arongoye Ekereziya Gatorika kw’Isi yose nawe nyene ntiyatanzwe aho yashimiye Uburundi kuri uwo munsi mukuru, akanabwipfuriza imigisha y’Imana mu gutera imbere mu nzira nziza Reta irimwo n’indongonzi zayo, akaba yaripfurije Umukuru w’Igihugu Nyenicubahiro Petero Nkurunziza kubandanya ugutsimbataza amahoro, uguteza imbere igihugu no kunywanisha Abarundi ku neza ya bose… Umugambwe CNDD-FDD urakenguruka ayo majambo yerekanye neza ko ata ngorane zihari hagati ya Ekereziya Gatorika na Reta y’Uburundi. Nyenubweranda Papa François yarakebuye rero zimwe zimwe mu ntama ziwe zama zirondera kwivanga mu buzima bw’Umugambwe CNDD-FDD bikaziviramwo kuvuga ayo zitovuze be no mu gufata ingingo zitofashwe ;
4. Kuva kw’igenekerezo rya 10 gushika ku rya 18 Mukakaro 2016 harabaye mu gihugu c’Urwanda inama y’Ibihugu vy’Ubumwe bwa Afrika yarangije ibikorwa vyayo, Abakuru b’Ibihugu bari bitavye iyo nama bafashe ingingo zitari nke harimwo n’iyerekeye Uburundi hisunzwe ivyari vyavuye mu nama ya kabiri y’i Arusha yahuza Abarundi ku magenekerezo ya 12-14 Mukakaro 2016. N’aho Umukuru w’Igihugu c’Urwanda cari cakiriye iyo nama yari yipfuje guteza ingabo mvamakungu Igihugu c’Uburundi kugira ngo zimukorere we ivyamunaniye, kugira abonereho kuzihekako, nticabujije ko Banyenicubahiro batandukanye basanzwe bakunda Uburundi bamirira kure ico cipfuzo, bakaba bashize imbere ukwubahiriza Ubwigenge bw’Uburundi , mbere bakanamenyesha ko ibibazo bihari vyotorerwa umuti n’Abarundi ubwabo kanatsinda barazi ko ibihugu vyose bifise ingorane zavyo. Umugambwe CNDD-FDD ukaba ukengurutse iyo ngingo yafashwe ariko ukaba utokwibagira kwibutsa ko uwo mugabo Paul Kagame afitiye ideni rinini Abenegihugu b’Uburundi n’igihugu cabo ku mpamvu z’uko afise uruhara runini mu mabi yose yagiye araba mu Burundi mu bihe bitandukanye gushika n’aho Umugambwe FPR-Inkotanyi arongoye ugandagura Umukuru w’Igihugu c’Uburundi Nyenicubahiro Ntaryamira Cyprien be n’Abashikiranganji babiri aribo Simbizi Cyriaque na Ciza Bernard ;
5. Uretse n’ivyo, uwo mugabo w’inkorabara Kagame yarahereje inyigisho za gisirikare na poritike be n’ibirwanisho Abarundi bamwe bamwe kuva mu 2005, arabandanya n’inyigisho za diplomasiya zirwanya Uburundi aho yemeza Amakungu ko Reta y’Uburundi n’Umugambwe CNDD-FDD bagiye gukora ihonyabwoko kuva mu 2014 nk’uko nawe yari yararikoze mu gihugu ciwe mu 1994 akaza kuvyegeka ku bandi. Aho hose yarondera ko Uburundi bwoharirwa ivomo ;ntibwongere guhabwa nirwere. Yari yizigiye uwo mugambi ko yawutunganije neza kuko harageze aho avuga ngo umunsi ihonyabwoko ry’abatutsi mu Burundi rizotangura, azoca yinjira kurwanya Uburundi n’Umugambwe CNDD-FDD atawe asavye uruhusha. Birababaje cane kuko nawe yaribagiye ko n’iwe umwotsi ufumba akaba adasiba guta abantu mu nzuzi, abandi nabo bakabaturirira mu mabohero ngo habaye impanuka canke amasanganya y’umuriro kumbe ari umugambi ugayitse wo guhonya abantu. Ntivyumvikana rero ko umuntu nk’uwo ariwe yogira ico ahanura canke yigisha abandi mu gihe hari n’izindi mpfu mu Burundi zimwagira, tutibagiye na zimwe zo muri Kaminuza y’Uburundi zaba ku magenekerezo ya 11-12 Ruheshi 1995 ;
6. Ikibi ntigishobora gutsinda ineza. Ntaho vyakabaye ! N’umurozi yaroze akamara abantu iyo agiye gupfa arasaba ikigongwe Imana nayo ngo imushikane mw’ijuru. Ikinyoma kiranyaruka kuko gica mu nzira ya hafi ( inzira inyaruka cane bita ascenseur mu gifaransa) ariko ukuri kukagenda bukebuke kuko guca mu nzira y’ingazi isanzwe itanyaruka cane, ariko igihe cose ukuri gushitse, ico kinyoma gica comoka. Ayo mashirahamwe yitwa ngo aharanira agateka ka zina muntu, ico gihugu kibanyi c’Urwanda na Louis Michel be n’umuhungu wiwe Charles Michel, Bernard Maingain n’abandi bafatanije na ba Petero Buyoya, ba Margarita Barankitse, ba Pacifique Nininahazwe, Ba Vital Nshimirimana, ba Petero Karaveri Mbonimpa, ba Armel Niyongere n’abandi birigwa birukanga mu Makungu babeshera Uburundi n’Abarundi ngo bagiye gukora ihonyabwoko, bitebe bitebuke ukuri kuri inyuma yabo. Bazokorwa n’isoni igihe abo birigwa babesha bazomenya ko iryo honyabwoko ari nabo barikoze kandi bamwe bamwe mu migambi, abandi mu bikorwa nyezina. Ntituzi ko Imana ishobora kubababarira mu gihe bo nyene batazoba basavye ikigongwe abo babigiriye nakare ngo « ikiboshwe mw’isi no mw’ijuru kiraboshwe », nk’uko ijambo ry’Imana ribivuga ;
7. Umugambwe CNDD-FDD urangije usaba ko Reta yofatira imigambi irashe ayo mashirahamwe yose ata kindi akora uretse kwambika ibara Umugambwe na Reta yawo. Vyari bizwi ko Amashirahamwe nk’ayo adashobora kuronderera inabi Igihugu kanaka gushika n’aho afatanya n’abategura ihonyabwoko. Iyo miryango ikora uko ni iya poritike, ikora ico abanyeporitike bashaka hisunzwe ubutegetsi ubu n’ubu kw’Isi bashatse gutembagaza. Uturorero waja wumva ng ngaho Sadam Hussein wo muri Irak ngo afise ibirwanisho ruhonyanganda ngo nibamwirukeko, ngo ngaho Muammar Khadaffi wo muri Libiya ngo aramaze abantu nibamwice, ngo ngaho Bashar El-Assad ngo ararigise Abenegihugu bo muri Siriya ni bamwirukeko, ngo ngaho Omar El- Bashir muri Sudan arahoneje abantu i Darfour ngo nibamufate bamujane mu munyororo i Lahaye, ngo ngaho muri Kenya abantu barahonye, ngo ngaho muri Repuburika iharanira Demokarasi ya Kongo abantu barahonye, n’ahandi n’ahandi. Bashitse mu Burundi ngo ihonyabwoko riri ku muryango ! Mugabo bashitse mu Rwanda ngo ni mubice, nawe uwatunganije agashira mungiro ihonyabwoko agakezwa no gushimirwa agashimirwa ! Ayo mashirahamwe yofutwa kw’Isi kuko ni ibikoresho vy’abagendera igikenye kw’Isi, badashaka y’uko ibindi bihugu cane cane ivyo muri Afrika bivyura umutwe haba mu butunzi canke muri demokarasi. Ico ni co Umugambwe CNDD-FDD na Reta yawo biriko birazira mu Burundi, kuko birajwe ishinga no guteza imbere Igihugu n’Abanyagihugu na cane cane mu gutsimbataza demokarasi be no kunywanisha Abarundi,vya Bihugu bimwe bimwe vy’Ubumwe bwa Afrika eka no kw’Isi yose bikaba biriko biratahura imvo n’imvano z’ayo mazimwe.
Bigiriwe i Bujumbura, ku wa 26 Mukakaro 2016
Umushingamateka Pascal NYABENDAUmukuru w’Umugambwe CNDD-FDD.
December 7, 2016 at 10:23 am #27810Urutonde rw’ ibigo bya leta n’imibare y’abakozi bashobora kuzakurwamo Nk’uko bigaragazwa na gahunda y’amavugururwa mu mirimo y’abakozi ba Leta iteganijwe mu minsi ya vuba, abakozi barenga 500 bazakurwa
ku kazi naho abarenga 200 bahabwe imirimo mishya. Gusa mbere y’uko ibi bishyirwa mu bikorwa, Inama y’Abaminisitiri izabanza ibishyikirizwe ibisuzume.
Aya mavuguruwa aje nyuma gato y’uko Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) itangarije ko mu mirimo ya leta hari imyanya imwe n’imwe itari ngombwa, hakaba n’indi usanga abayikora bafite inshingano zimwe.Aya mavugurura azasiga abakozi barenga 5.500muri 6.035, hatabariwemo abahabwa amasezerano y’igihe runaka (sous contract).
Dore urutonde rwa bimwe mu bigo bya leta bishobora kugabanyirizwa imyanya ndetse n’aho ishobora kongerwa :
MINAGRI : bari abakozi 62 – hazasigara 44 – Imyanya 18 izavamo
RAB : bari abakozi 643 – hazasigara 542 – Imyanya 191 izavamo
NAEB : bari abakozi 181 – hazasigara 91 – Imyanya 90 izavamo
MINISANTE : bari abakozi 69 – Hakenewe 123 – Hazongerwamo 54
RBC : bari abakozi 533 – hazasigara 509 – Imyanya 24 izavamo
RDB : bari abakozi 292 – hazasigara 290 –
Imyanya 2 izavamo
MININFRA : bari abakozi 57 – hakenewe 83 –
Imyanya 26 izongerwamo
Rwanda Housing Authority (RHA) bari 95 –
hazasigara 80 – Imyanya 15 izavamo
Rwanda Transport Development Agency / RTDA :
bari 102 – hazasigara 61 – Imyanya 41 izavamo
Road Maintenance Fund (RMF) bari abakozi 12 –
hakenewe 13 – Hazongerwamo umwanya 1
MINALOC : bari abakozi 61 – Hazasigara 56 –
Imyanya 5 izavamo
RGB : bari abakozi 50 – hakenewe 77 – Imyanya
27 izongerwamo
FARG : bari abakozi 31 – hakenewe 33 – Imyanya
2 izongerwamo
Local Development Agency (LODA) : bari abakozi
60 – hazasigara 51 – Inyanya 9 izavanwamo
MEDIA HIGH COUNCIL – MHC : bari abakozi 26 –
hazasigara 18 – Imyanya 8 izavamo
National Council For People With Disabilities
(NCPD) : bari abakozi 22 – hakenewe 24 –
Imyanya 2 izongerwamo.
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) : bari
abakozi 49 – hazasigara 33 – Imyanya 16
izavamo
Umujyi wa Kigali : bari abakozi 82 – hakenewe
107 – Imyanya 25 izongerwamo
MINICOM : bari abakozi 77 – hakenewe 61 –
Imyanya 16 izavamo
Rwanda Cooperatives Agency (RCA) : bari abakozi
75 – Hakenewe 65 – Imyanya 10 izavamo
Rwanda Standards Board (RSB) : bari abakozi
149 – hakenewe 224 – Imyanya 75 izongerwamo
Rwanda Competetion And Inspection Authority
(RCIA) ikigo gishya kizahabwa abakozi 142
SENA y’u Rwanda : Ifite abakozi 87 – hakenewe
90 – Imyanya 3 izongerwamo
Umutwe w’Abadepite : Ugira abakozi 163 –
Hakenewe 154 – Imyanya 9 izavanwamo
PUBLIC SERVICE COMMISSION : bari abakozi 44
– Hakenewe 43 – Umwanya umwe uzavamo
NATIONAL COMMISSION FOR HUMAN RIGHTS
(NCHR) bari abakozi 58- hakenewe 54 – Imyanya
ine izavamo.
Urwego rw’Umuvunyi : bari abakozi 69 –
hakenewe79 – hazongerwamo10
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe : bari abakozi 74
ntawuzakurwamo cyangwa ngo yongerwemo
Office of The Government Spokesperson (OGS) :
Ni abakozi 24 nabo nta mwanya uzakurwamo
cyangwa ngo wongerwemo.
SUPREME COURT bari abakozi basanzwe 118-
Hakenewe 99 – Imyanya 19 izavamo
Career Judges, Inspectors and Court Registrars :
bari 571 hakenewe 595 24
National Public Prosecution Authority : bari
abakozi 90 – hazasigara80 – Imyanya 10 izavamo
Career Prosecutors and Inspectors : bari 252 –
hakenewe 272 – hazongerwamo20
Kaminuza y’u Rwanda (UR) : bari abakozi 3,351 –
hakenwe 2,425 – Imyanya 926 izavamo
MIDMAR : bari 40 – hakenewe 41 –
Hazongerwamo umwanya 1
MINEAC : bari abakozi 49 – hakenewe 44 –
Imyanya 5 izavamo
MINAFFET : bari abakozi 92 – Hakenewe78 –
Imyanya 14 izavamo
MININTER : bari abakozi 33 – Hakenewe 30 –
Imyanya 3 izavamo
RCS (Urwego rw’amagereza) : bari abaokozi 120 –
Hakenewe78 – imyanya 42 izavamo
MINADEF : bari abakozi 49 – hakenewe 62 –
Imyanya 13 izongerwamo
MINISPOC : bari abakozi 39 hakenewe 33 –
Imyanya 6 izavamo
CHENO (urwego rw’imidari n’amashimwe) bari
abakozi18 – hakenewe17 – umwanya 1 uzavamo
CNLG bari abakozi 76 – hakenewe77 – Umwanya
umwe uzongerwamo
Institute Of National Museums of Rwanda
(INMR) bari abakozi 65 – hakenewe 63 – Imyanya
2 izavamo.
MIGEPROF : Ni abakozi 34 bazakomeza kuba 34
Gitagata Rehabilitation Center : Bari abakozi 23
– hakenewe 20 – Imyanya 3 izavamo
National Women Council (NWC) : Hari abakozi
21 bazakomeza kuba 21
MINIRENA : bari abakozi 43 – hakenewe 39 –
imyanya 4 izavamo
REMA : bari abakozi 47 – hakenewe 46 –
umwanya umwe uzavamo
MINECOFIN : Bari abakozi 146 – hakenewe 173 –
imyanya 27 izongerwamo
Special Guarantee Fund (SGF) : Bazakomeza kuba
abakozi 18
National Institute Of Statistics In Rwanda
(NISR) : bari abakozi 100 – hakenewe 133 –
imyanya 33 izongerwamo.
Rwanda Public Procurement Authority (RPPA) :
bari abakozi 54 – hakenewe 50 – imyanya 4
izavamo.
MYICT : bari abakozi 41 – hakenewe 37 –
imyanya 4 izavamo
NATIONAL YOUTH COUNCIL : Izakomeza kugira
abakozi 22.
Iwawa Rehabilitation And Skills Development
Center : bari abakozi 45 – hakenewe 48 –
imyanya 3 izongerwamo.
MIFOTRA : bari abakozi 73 – hakenewe 63 –
Imyanya 10 izavamo
Rwanda Management Institute (RMI) : bari
abakozi 41 – hakenewe 43 – imyanya 2
izongerwamo.
Ibigo bya leta bizahabwa ubwigenge
Ibigo bimwe na bimwe bya Leta bizahabwa
ubwigenge mu rwego rwo kwishakira amafaranga
azabitunga (State Owned Corporation).
Nk’uko bigaragazwa n’imbanzirizamushinga y’aya
mavugurura, ibi bigo bizajya bikora bigamije
iterambere ry’abaturage, bityo bihabwe
uburenganzira n’’ubwigenge ku mabwiriza
n’imikorere imwe n’imwe.
Ibyo bigo ni :
RMI
ILPD
RSSB
MMI
National Postal Services
RBC
RCAA
Kaminuza y’u Rwanda
Ibitaro by’ikitegererezo
ONATRACOM
NAEB
Hejuru ku ifoto : Anastase Murekezi, Minisitiri
w’abakozi ba leta n’umurimoDecember 7, 2016 at 10:25 am #27811AMAGAMBO AREBANA NABASHAKANYE HAMWE NABATEGANYA KURUSHINGA
1. Urugo rutarimo Imana rubamo satani. Wabishaka utabishaka!
2. Abagabo badasengera ingo zabo uyu ni umunsi wo kwihana.
3. Imana nibishimira si mwembwe mwenyine muzabyungukiramo n’abazabakomokaho bazagira umugisha.
4. Dukwiye kubahisha Imana igihe cyacu, n’ubutunzi mu ngo zacu.
5. Abashakanye bakwiye kunezezanya -mujye mugerageza mukumburane kandi muri kumwe.
6. Bagabo, abagore n’iyo bashaje bakenera care. Umugore akunda guteteshwa!!!
7. Mungo z’abashakanye hakwiye kutagaragara amagambo apfobya. Uwo mwashakanye n’iyo yavuga ibintu bikocamye ntukamupfobye.
8. Abagore bakenera amatwi ntibakenera akanwa -Bakenera umuntu ubumva. Bagabo mujye mutega amatwi abagore banyu.
9. Impano nziza iruta izindi waha umwana wawe ni ugukunda NYINA umubyara.
10. Urufatiro rukomeza urugo ni “communication”. Ni ngombwa kugira igihe cyo kuganira n’uwo mwashanye.
Communication ikwiye kuba planifier mu buryo bukurikira:
● Muvuge ibibareba
● Ntaguhishahisha ngo upfire muri Nyagasani
● Iyo muganira mukwiye kubahana nta wukwiye kuvugira mu wundi.
● Igihe cyose muganira ntimugasoze mudafashe umwanzuro -Ntimugasige ibibazo munsi y’umusambi.11. Abagabo bakwiye kurinda abagore babo, igihe cyose, mu bintu byose.
12. Si ngombwa ko wumvikana n’uwo mwashakanye kuri byose, ariko ibyo mutumvikanaho umwe akwiye kuba abizi kdi akabyakira.
13. Dukwiye kwigisha abana bacu kumenya guhitamo neza abo bazabana aho kubabwira guhitamo ubutunzi bw’abo bazashaka.
14. Umuntu uzagukunda kubera inzu, imodoka cg ibindi si wowe aba akunze, aba akunze ibintu.
15. Nta mugabo n’umwe ukunda umugore umupfobya cg utamwubaha.
16. Aho kubana n’umugabo ufite byose ariko ntaguhe umwanya ahubwo wabana n’umukene udafite na kimwe mukazabishakana mwembi.
December 7, 2016 at 5:35 pm #27813muri iyi minsi murwanda haravugwa uburyo bushya bw itumanaho bwa 4G.
nkaba rero ngiye kubabwira muri make 4G icyo ari cyo.
ubundi 4G nimpine ya FOURTH GENERATION OF MOBILE TELECOMUNICATION.
cyangwa se ikigero cya kane cy itumanaho rigendanwa.
ikaba ari inyongera kuri service zabonekaga kuri 3G nk’amajwi na internet kuri za mudasobwa zifite wireless modem,telephone za smart,no kuzindi devices zokoresha:
-mobile web access,
-IP Telephony
-gaming services
-HD mobile TV
-Vdeo confrencing
-3D television
na cloud computing
hakaba haratanzwe ubwoko bubiri bwa connection kugirango hatorwe mo ikitwa 4G ari bwo MOBILE WIMAX yakoreshejwe muri south korea mu mwaka wa 2007,,na LTE(Long Term Evolution) yakoreshejwe muri oslo,norway,stockholm kuva mu mwaka wa 2009.
nuko habaho debat ndende hibazwa ku cyakwitwa 4G aho abitwe sprint bemezaga WIMAXnaho metroPCs bakemeza LTE muri 2010.nuko INTERNATIONAL TELECOMMUNICATION UNION-RADIO COMMINICATION SECTORS (ITU-R) ishyiraho standard zuko 4G yaba imeze harimo ko kuri high mobility communication haba byibuze 100 megabits per second aho ni nko kuri za train n amamodoka,,naho kuri low mobility communication hakaba 1Gigabits persecond nko muri za office,murugo nahandi.gusa ari WIMAX cg LTE nta cyari cyujije ibisabwa maze le 6 decembre 2010 ITU-R itangaza ko ntacyemerewe kwitwa 4G.nuko south koreans bahita bakora WIMAN isimbura WIMAX naho aba norway bakora LTE-A isimbura LTE-A byemerwa muri 2013.hasigara problem kucyijyanye na frequency band zibihugu.
mu RWANDA rero tukaba turi mubihugu bibiri bifite 4G mur africa aribyo Rwanda na Gabon. nabbutsa ko kdi muri myaka 10 haduka generation nshya kuva 1981 bava kuri 1G ya analog Bajya kuri 2G ya digital.December 7, 2016 at 5:36 pm #278141. Tell your girlfriend “I LOVE YOU”. She will say “I LOVE YOU TOO”.
2. Tell her ” I MISS YOU”. She will say “I MISS YOU TOO”.
3. Tell her ” I love you soo much”. She will say “I love you more and more”.
4. Now tell her ” Am sending you 100,000Rwf on your Mobile money”. Walai if she says am sending you too more, I will leave give you 1.000.000.frwDecember 7, 2016 at 5:37 pm #27816♦ قال العلماء: (مَن تَعلَّم القرآنَ والتفسيرَ عَظُمَتْ قِيْمَتُه، ومَن نَظَرَ في الفِقه نَبُلَ قَدْره، ومَن نَظَر في الحَدِيثِ قَوِيَتْ حُجَّته، ومَن نَظَرَ في اللّغةِ رَقَّ طَبْعُه، ومَن نَظَرَ في الحِسَاب جَزُلَ رَأيُهُ، ومَن لمْ يَصُنْ نَفْسَهُ لمْ يَنْفَعْهُ عِلْمُهُ).
Abamenyi Baravuze Bati:
(Uziga QORAN na TAFSIIR azagira agaciro gahambaye,
Uziga FIQIHI azagira urwego rwiza rushimishije,
Uziga HADIITH azagira daliil zifite imbaraga,
Uziga ururimi rw’ICYARABU azagira kamere nziza yoroshye,
Utazarinda roho ye(icyubahiro cye) ntacyo UBUMENYI yize buzamumarira).
♦ قال سفيان الثوري رحمه الله تعالى: (اعْلَمْ أَنَّ العِلْمَ إِنْ لَمْ يَنْفَعَكَ ضَرَّكَ).
SUFYAAN ATH’THAWRIYY(umwe mubataabiin)-Allah Amugirire impuhwe-Yaravuze Ati:
(Mukuri UBUMENYI nibutagira icyo bukumarira buzakigutwara).♦ قال بعض الأدباء: (كُلُّ عِزٍّ لَا يُوَطِّدُهُ عِلْمٌ مَذَلَّةٌ، وَكُلُّ عِلْمٍ لَا يُؤَيِّدُهُ عَقْلٌ مَضَلَّةٌ).
UMWE Mu BANDITSI Yaravuze Ati:
(Icyubahiro cyose kitarimo UBUMENYI n’ugusuzigurika,
N’ubumenyi bwose butajyanye(budashyigikiwe)n’ubwenge buzima ni ubuyobe).♦ قال يحيى بن معاذ رحمه الله تعالى: (إنَّما يذهبُ بَهاءُ العِلْمِ والحكمةِ إذا طُلِبَ بِهِما الدَّنْيَا).
YAHYAA BNU MUAADH-Allah Amugirire impuhwe-Yaravuze Ati:
(Icyubahiro cya ILMU n’UBUGENGE bikurwaho mu gihe umuntu yabishatse agamije isi)♦ قال الشاعر الأبرش رحمه الله تعالى: [من البحر الطويل]
تَعَلَّمْ فليسَ المرءُ يُولَدُ عَالماً 
ولَيسَ أَخو علمٍ كَمَنْ هُو جَاهِلُ 
UMUSIZI AL ABRASH-Allah Amugirire impuhwe-YARAVUZE ATI:
☆iga,mukuri umuntu ntavuka ari umumenyi.
☆ Nta nubwo ufite ubumenyi ameze kimwe n’utabufite(injiji).December 7, 2016 at 5:37 pm #27817بدعة مسح الوجه بعد الدعاء
Igihimbano(bidaa)cyo guhanagura muburanga urangije gusoma iduwa(ubusabe).وهي عادة منتشرة بين أكثر الناس، وليس لها أصلٌ من السُّنة، بل هي مخالفة لهدي النبي – صلى الله عليه وسلم –
Ni umuco wasakaye mu bantu benshi,udafite ishingiro mu mugenzo wa Rasuul(صلى الله عليه وسلم),ahubwo ni ugutandukira umuyoboro w’Intumwaصلى الله عليه وسلمقال الإمام الألباني – رحمه الله -: وأما مَسْحُ الوجه بهما، فلم يَرِد في هذا الموطن، فهو بدعة، وأما خارج الصلاة، فلم يَصِح، وكل ما رُوِي في ذلك ضعيف، وبعضه أشدُّ ضَعْفًا من بعض؛ كما حقَّقته في “ضعيف أبي داود” (262)، و”الأحاديث الصحيحة” (597)؛
IMAAM ALBAANIYY-رحمه الله-Yaravuze Ati:-
(Naho guhanaguza ibiganza muburanga,ntibyigeze bigira gihamya ibigaragaza nyuma y’ubusabe,ni igihimbano,
naho kubikora hanze y’iswala ho ntanimvugo nimwe y’ukuri yigeze ibigaragaza(izabivuze zose ni dwaiif),n’izakiriwe zose ni dwaiif,ndetse zimwe mu mvugo zaje ni dwaiif cyane,nkuko Nabikoreye ikosora mugitabo cya”DWAIIF ABII DAAUUD”(262), no mugitabo cya”AL AHAADIITH AS- SWAHIIHAh(597);ولذلك قال العز بن عبدالسلام – رحمه الله – في بعض فتاويه:
ولا يَمسح وجهه بيديه عَقِبَ الدعاء إلا جاهل؛ صفة صلاة النبي – صلى الله عليه وسلم – ص 141؛ بتصرُّف.
Akaba ariyo mpamvu AL IZZU BNU ABDIS-SALAAM-Allah Amugirire impuhwe-Yavuze muri fataawaa ze zimwe ati:
(Ntawuhanagura muburanga bwe nyuma yo gusoma ubusabe uretse injiji).
swifat swalat Nabiyy(141)bitaswarruf.قال البيهقي – رحمه الله – في “سننه”، (2/ 212) : “فأمَّا مَسْحُ اليدين بالوجْه عند الفراغ من الدعاء، فلستُ أحفظُه عن أحدٍ من السلف.
ALBAYHAQIYY-Allah Amugirire impuhwe-Yaravuze Ati:
“Naho guhanaguza ibiganza muburanga urangije ubusabe sinigeze mbikura kubatubanjirije(beza)habe numwe”.December 7, 2016 at 5:39 pm #27818Bavandimwe banjye iyo tubwiwe ko tuzapfa kuki turakara abandi ntitubyemere tukumva bitakwigishwa tugahora dushaka ko twigishwa izindi nyigisho yewe na bamwe bagahitamo kudakurikira ???
Bavandimwe nabamenyeshaga ko Malayika w’urupfu atuzenguruka buri munsi incuro 70 kuri buri umwe ..
Igihe icyo ari cyo cyose sijye, si wowe cg wawundi uhabwa inkuru ngo nta kiri kw’Isi …
Tuzapfa……!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!Abantu bo mubihe byanyuma bazakunda ibintu 5 bibagirwe ibindi 5 harimo kuba bazakunda amazu meza bibagirwe imva zabo. Hadith swahih
Ese ni gute Malayika w’urupfu aramutse akugendereye agutunguye aho ???
Ese witeguye ute niba uyu munsi ari wo munsi wawe wa nyuma kuba kumwe natwe ??
Ese uzashobora kureba Malayika ISRAIL uko akanganye mu buranga bwe n’indemo ye ubwo azakugenderera ???
Ese witeguye kuvanwamo roho yawe aho uri… MU SOKO, KU KAZI, MU MUPIRA, AHO UTUYE, MURI SINEMA, KU MAZI,, HOTEL, MU MODOKA, MU MUSIGITI, MU BUKWE, KW’ISHURI, N’ahandi hatandukanye ???
Ese witeguye kuvanwamo roho yawe uri kure yo murugo iwanyu ???
Ese witeguye kuvanwamo roho mbere y’umugabo wawe, Baba Mama, cg abana bawe batarakubona bwa nyuma ?
Ese witeguye kwihanganira ububabare bwo gukururwamo roho yawe guhera mu mano yawe kugeza mu kanwa kawe mu isaha imwe ??
Ese witeguye kwihanganira kubura umwuka mu gihe cy’amasegonda 30 igiheJe Upo tayari ukurwamo roho ???
Ese witeguye ko Roho yawe itana burundu n’umubiri wawe ..?
Ese witeguye kubona uburyo abavandimwe bawe batwarirana amakuru ku ma Telephones na whatsapp kuba wowe wamaze gupfa ??
Ese witeguye kubona inzu yanyu yuzuye abashyitsi ku mpamvu yo kugutwara wowe mu cyumba cyawe no kugutwara ku marimbi
Ese witeguye kubona uburyo Mama wawe/ Baba/ Mushiki wawe/ Umuvandimwe wawe muvukana/ Abana bawe/ Inshuti zawe/ Abatauranyi bawe/ Umukozi n’abavandimwe bawe uko babura umwuka kubwo kukuririra wowe k’ubw’urupfu rwawe ??
Ese witeguye k’umubiri wawe utoborwa mu nda n’urushinge uterwa imiti yo kubuza umubiri kudasohora impumuro ntunabore ??
Ese witeguye kwamburwa imyenda yawe n’abantu utazi ku mpamvu yo koza Imaiti yawe ???
Ese witeguye kubona umuryango wawe uri gutegura umwambaro w’icyubahiro isanda yawe ??
Ese witeguye kwambikwa ISANDA yatewe amarashi y’UMUPFU n’amavuta ya Karafuu na miski ??
Ese witeguye kubona uburyo abavandimwe, umuryango, inshuti, umutungo n’inzu bikuririra mu gihe Ijeneza yawe ikurwa mu cyumba ??
Ese witeguye kwinjizwa bwa nyuma mu MUSIGITI bwa nyuma kuri babandi basenga ??
Ese witeguye gusengerwa Swalat JENEZA??
Ese witeguye gusiga Baba, Mama, Musaza wawe, Mushiki wawe, abavandimwe, Inshuti, Umugore, Umugabo, Fiance, Umuturanyi, n’abanzi bawe ?
Ese witeguye guhabwa infunguzo z’icyumba cyawe IKABURI yawe??
Ese witeguye gutangira ubuzima bushya mu kaburi uri wenyine gusa??
Ese witeguye kwinjizwa muri MWANANDANI،?
Ese witeguye kubona abavandimwe bawe bava mu kaburi yawe nyuma yo kukuryamisha muri MWANANDANI bagusige wenyine ?
Subhanallah !!!!!!!!!!!!!!!!!!
Ese witeguye abavandimwe bawe, abakunzi bawe, bagutwikire umucanga upima Toni 7 mu kaburi yawe ?
Ese witeguye kumva ubusabe (dua) bazagusabira abavandimwe bawe n’inshuti zawe nyuma yo kuguhamba bari hanze y’IKABURI yawe ??
Ese witeguye kumva inyigisho zizatangirwa hejuru y’Ikaburi yawe ?
Ese witeguye kumva urusaku n’imirindi z’ibirenge by’abavandimwe bawe bagiye bagusize wenyine mu marimbi ?
Ese witeguye guhura n’abamalayika 2 bo mu mva bateye ubwoba.
(MUNKAR/NAAKIR) ku mpamvu y’ibibazo by’ubuzima bwawe uko witwaye n’ibyo wakoze kw’isi ?Ese witeguye kwihanganira ibihano ADHABU byo mu mva ku bidakwiye (amakosa) byo mu mva wakoze kw’isi ?
Ese witeguye kuryamira urubavu rumwe mu mva kaburi yawe nta kwihindura kugeza k’umunsi w’imperuka ?
Ese witeguye kuribwa n’ibisimba (Imiswa) birye mu maso hawe no mu kanwa hawe n’ururimi rwawe n’amatwi yawe umubiri wawe wose mu gihe nta bushobozi cg intege byo kubibuza ??
Ese witeguye kwihanganira imumpuro y’ububore by’umubiri wawe mu mva ??
Ese witeguye kuba mu mwijima utabona mu mva yawe ??
Ese witeguye kwihanganira UBUSHYUHE BW’IKABURI yawe ubuziraherezo kugeza k’umunsi w’imperuka ?
Subhanallah !!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Ese witeguye abavandimwe bawe kw’isi, Baba, Mama Mushiki wawe, Umugabo Umugore abana bawe bakwibagirwe nyuma y’icyumweru kimwe nyuma yo guhamba Imaiti yawe ??
Niba utiteguye kuri ibyo byose rero ……………
Ni Kuki udakora amasengesho 5 ng’unitwararike wubahiriza amategeko ya Allaah nk’uko ukunze kubyigishwa bya buri munsi ?
Kuki udasoma Qur’an buri munsi ?
Kuki wibanda k’ubumenyi bw’isi yawe no kudaha agaciro no gusuzugura by’ubushake ubumenyi bw’idini yawe to nzira Allaah yashyireho umuntu ?
Kuki ugira ukwibona kuri bagenzi bawe ?
Kuki ureba amafoto mabi muri Telephone yawe ?
Kuki ubuza amahoro ababyeyi bawe ?
Kuki ukoresha umutungo wawe mu bidafite akamaro ukanasuzugura kuba wafasha Idini ya Allaah we ushobora byose ufite mu bushobozi bwe imva yawe ??
Kuki uteretana n’abagabo n’abagore kuri Telephone yawe n’ubusanzwe kuri wowe ?
Ari ko kugira ngo urokoke ibibi by’urupfu no mu mva yawe …………
Birashoboka kuri wowe cg njye dusigaje igihe cy’amasaha, iminota, amasegonda se byo kuba kuri iyi Isi…
Mureke duhindure ubuzima bwacu duhereye none …..
Ubu none …………Tubeho mu buryo bwa kiislaam..
Tubeho mu nyigisho z’Intumwa ya Allaah Muhammad (Swalallahu ”alayih wa alih wa salam) n’uko Allaah (Subhanahu wata’allah) abitwigisha muri Qur’an
Emera cg ntiwemere
Ibyo byooose mvuze aha hejuru ni ngombwa bizangeraho njyewe na we !!!!!!Ikintu cya ngombwa kugira ngo dukiranuke n’ibyo byooose twabonye biduteye ubwoba ubu none ……. N’uguhindura imibereho y’ubuzima bwacu tunicuze k’uwaturemye Allaah (Subhanahu wata’allah) azatubabarira …………
Users ko buri munsi mushya kuri wowe witegurira urupfu n’urugendo rwo mu mva igihe kirekire .
Ntitubeshywe na Shayitwani mu kwinezeza by’umunezero ushira
QURAAN
“Mukuri uwo munsi n’umunsi utoroshye, uretse kuri babandi uzagaruka kwa Nyagasani we umutima we warejejwe ibyaha ”
ALLAH ATUYOBORE MU BUZIMA BW’IDINI (ISLAMU) GUHERA NONAHA KURI UYU MUNOTA!!
ALLAH ADUSHOBOZE DUPFE TURI MU BYIZA .
Aaamin.. amiyn yaa Rabil’alamiina !!!!
December 7, 2016 at 5:40 pm #27820AMAKOSA AKORWA MUGIBO
RAMADHWAN
1- kureka ubusabe bwakirwa mbere yuko izuba rirenga
2- kureka gusubiramo ADHANA igihe irimo gutorwa
3-gukereza gufata IF’TWAR kugeza bamaze gutora ADHAANA
4- gukererwa RAKA yambere ya SWALAAT ALMAGHARIB muri DJAMA kuberako ushishikajwe n’IF’TWAAR
5-gusali SWALAT ALMAGHARIB murugo kugirango uwahi IF”TWWR
6- kureka SUNNAT QABULIAT na BAADIAT kuri SWALAAT ALMAGHARIB
7- gusesagura mukurya no kuywa witwaje ko wiriwe utariye
8- guta umwanya hagati ya MAGHARIB na ISHA
(Umaze kurya IF’TWAR nibyiza kujya mumusigiti ukaba usoma CORA’AN , DHIKRI nibindi byiza )
9- kureka kuzuza SWALAAT TARAWEHE hamwe na IMAM
10- kureka kurya IDAKU
11-kutararana niya (umugambi ) yo gusiba umunsi ukurikira
12-gucikwa na TARAWEH ku ijoro ryambere
13-gusiba kumunsi wa SHAKKAT
14- kureka IDUA yakirwa mugihe k’IDAKU
15- gutungurwa n’ijoro ry’ubugabe LAILAT ALQADRI
16-kurangira ku igisibo , utararangiza gusoma CORA’AN hamwe no kuyitekerezaho
17-kutamenyereza abana bato igisibo
18-gusali mugisibo gusaBAVANDIMWE NIMUBISANGIZA ABANDI MURABA MUKORA DAAWAT
December 7, 2016 at 5:43 pm #27821Kagame and nkurunziza are all dictators but here’s the difference between the 2:
Nkurunziza is simply a dictator very stubborn who thirsts for the money and power. It is a dictator who has bad advisors also thirsts of money. Kagame is a very stubborn more dictator that nkurunziza, a dictator too thirsty of money and power, it is a great criminal in the history of Rwanda and the region of Great Lakes, it is a dictator who promotes a single ethnicity (Tutsi), it is a dictator who has proceed has the revenge after 1994, it is a dictator responsible for the death of More Than 7 million hutus. Nkurunziza even though he’s dictator, he doesn’t favarise no ethnicity, he didn’t avenge his ethnic group after taking power in 2005.
So, 1) that kagame takes care of Rwanda!
2) that kagame just keeps his mouth shut!
3) that the Burundians are not blind by Kagame.
4) that the Burundians seek them even how to get out the country of the crisis.December 7, 2016 at 5:44 pm #27823NDASUBIRAMWO!
================
5. Uretse n’ivyo, uwo mugabo w’inkorabara Kagame yarahereje inyigisho za gisirikare na poritike be n’ibirwanisho Abarundi bamwe bamwe kuva mu 2005, arabandanya n’inyigisho za diplomasiya zirwanya Uburundi aho yemeza Amakungu ko Reta y’Uburundi n’Umugambwe CNDD-FDD bagiye gukora ihonyabwoko kuva mu 2014 nk’uko nawe yari yararikoze mu gihugu ciwe mu 1994 akaza kuvyegeka ku bandi. Aho hose yarondera ko Uburundi bwoharirwa ivomo ;ntibwongere guhabwa nirwere. Yari yizigiye uwo mugambi ko yawutunganije neza kuko harageze aho avuga ngo umunsi ihonyabwoko ry’abatutsi mu Burundi rizotangura, azoca yinjira kurwanya Uburundi n’Umugambwe CNDD-FDD atawe asavye uruhusha. Birababaje cane kuko nawe yaribagiye ko n’iwe umwotsi ufumba akaba adasiba guta abantu mu nzuzi, abandi nabo bakabaturirira mu mabohero ngo habaye impanuka canke amasanganya y’umuriro kumbe ari umugambi ugayitse wo guhonya abantu. Ntivyumvikana rero ko umuntu nk’uwo ariwe yogira ico ahanura canke yigisha abandi mu gihe hari n’izindi mpfu mu Burundi zimwagira, tutibagiye na zimwe zo muri Kaminuza y’Uburundi zaba ku magenekerezo ya 11-12 Ruheshi 1995 ;
.
6. Ikibi ntigishobora gutsinda ineza. Ntaho vyakabaye ! N’umurozi yaroze akamara abantu iyo agiye gupfa arasaba ikigongwe Imana nayo ngo imushikane mw’ijuru. Ikinyoma kiranyaruka kuko gica mu nzira ya hafi ( inzira inyaruka cane bita ascenseur mu gifaransa) ariko ukuri kukagenda bukebuke kuko guca mu nzira y’ingazi isanzwe itanyaruka cane, ariko igihe cose ukuri gushitse, ico kinyoma gica comoka. Ayo mashirahamwe yitwa ngo aharanira agateka ka zina muntu, ico gihugu kibanyi c’Urwanda na Louis Michel be n’umuhungu wiwe Charles Michel, Bernard Maingain n’abandi bafatanije na ba Petero Buyoya, ba Margarita Barankitse, ba Pacifique Nininahazwe, Ba Vital Nshimirimana, ba Petero Karaveri Mbonimpa, ba Armel Niyongere n’abandi birigwa birukanga mu Makungu babeshera Uburundi n’Abarundi ngo bagiye gukora ihonyabwoko, bitebe bitebuke ukuri kuri inyuma yabo. Bazokorwa n’isoni igihe abo birigwa babesha bazomenya ko iryo honyabwoko ari nabo barikoze kandi bamwe bamwe mu migambi, abandi mu bikorwa nyezina. Ntituzi ko Imana ishobora kubababarira mu gihe bo nyene batazoba basavye ikigongwe abo babigiriye nakare ngo « ikiboshwe mw’isi no mw’ijuru kiraboshwe », nk’uko ijambo ry’Imana ribivuga.December 7, 2016 at 5:46 pm #27825Indoto z’umwana w’umuntu kuri we ziba ari nziza burigihe ariko siko biri imbere y’Imana.ivyo twipfuza gukora siko bizotubera ibihe vyose kandi bimwe tuzogenda tutabikoze.Isi ntigutware nabi kuko utazoyigumako.Ariko wiyumvire cane aho uzoba ibihe vyose kwari heza canke habi.iki nico gihe co kuhategura.
Mushiki wacu,genda Niko Uhoraho yabishatse naho udusigaranye intuntu nyishi ariko ukugenda kwawe kunyibukije ko nanje hari umusi abo nshavuza nabanshavuza tutazongera kubana mw’isi.
Uwo nakoreye nabi wese ndafukamye ndamusaba imbabazi kandi si ngombwa ngo mumbwire ko mumbabariye ariko murakoze.Nanje ndahariye abangiriye nabi Bose.
RIP MY LOVELY SISTER NGENDAKUMANA VIOLETTE.December 7, 2016 at 5:47 pm #27827NDUMUSORE ARIKO PFITE IKIBAZO GITEYE GUTYA “Ndi Umurundi ariko ndi murwanda kubera ibibazo biri mugihugu cyacu byumutekano nkaba pfite imyaka 29ans nyigera i kigali nahise mbona akazi ko gukora murugo nkajya nkora imirimo imwe nimwe ni njoro nkararira imodoka ya bosi. Ku manywa ba bosi ntibirirwa murugo ariko harundi mukobwa urera abana twirirwana ariko uwo mukobwa harigihe ajya muri Douche akiyambura ubusa akanyereka akansaba ko namwoza hakaba harigihe ajya kuruhuka akampamagara ngo nze turyamane nge namubaza akansubiza ngo arifuza ko tubyarana ariko we afite byinshi bimwinjiriza ubu byanyobeye mbibwire bosi cyangwa mbireke???
December 7, 2016 at 5:48 pm #27829Iyaba uburundi bwari Congo Rujongo Kagame abayarinjiye mugihugu guhonya abantu, azogerageza azofuruguta azozeruka kuko abarundi arabazi. Azohende zarujongo nkawe Sinaheads cnared sinamutwe.
- AuthorPosts
You must be logged in to reply to this topic.
RELATED PUBLICATIONS:
No related publications.