Forum Replies Created
- AuthorPosts

Uko umuntu agenda asaza, usanga hari ibintu byinshi bihinduka ku mubiri we ndetse no mu mitekererere ye. Ese mu gihe wahuye n’uburwayi bwo kutagira ubushake mu mibonano mpuzabitsina ni gute wakwivura ugakira.Abenshi usanga bagira ikibazo cyo kwibagirwa ,uko yibukaga mbere akiri muto yakura bigahinduka n’ibyo mu maze kuvugana akabyibagirwa.
Mu gushaka igisubizo ku kibazo cyo kwibagirwa ku bantu bakuze, abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Manchester mu Bwongereza basanze gukora imibonano mpuzabitsina kw’abantu bakuze biha ubwonko bwabo ubushobozi bubarinda kwibagirwa.
Ikinyamakuru elcrema cyanditse ko ubwo bushakashatsi bwakorewe ku bantu 1700 bafite hagati y’imyaka 58 na 98 maze ibyavuyemo bikagaragaza ko muri bo abagikora imibonano mpuzabistina ubwonko bwabo budapfa kwibagirwa kurenza abatayikora.
Ni byiza ko niba ufite umugabo cyangwa umugore wajya ukunda gukora imibonano mpuzabitsina ikakurinda kwibagirwa.
Ingaruka zo kudakora imibonano mpuzabitsina
Kudakora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye bitera umunabi mu rugo ku bashakanye, guhorana umushiha n’intonganya, kwibagirwa cyane , kugira stress idashira, kuribwa umutwe ndetse no kubura urubyaro.
Ku bagore hiyongeraho cancer yo mu myanya myibarukiro ndetse n’ibibyimba byo mu nda.
Ni iki gishobora gutuma umuntu atagira ubushake bw’imibonano mpuzabitsina
Guhozwa ku nkeke n’uwo mwashakanye ndetse n’ibibazo bya stress n’ihungabana ni bimwe mu byatuma umuntu agira ubushake buke mu mibonano mpuzabitsina.
Nanone kandi hari uburwayi bushobora gutuma umuntu atagira ubushake mu mibonano mpuzabitsina. Diyabeti ni imwe mu ndwara zishobora gutera ubushake buke mu mibonano mpuzabitsina.
Uretse iyi nanone indwara y’umubyibuho ukabije n’umuvuduko w’amaraso bishobora gutera ubushake buke mu mibonano mpuzabitsina ndetse no kuba umuntu yarikinishije cyane.
Ni gute wakwivura uburwayi bwo kutagira ubushake mu mibonano mpuzabitsina
Kugeza magingo aya ubuvuzi bwa kizungu buzwi nka medecine moderne ntibarabasha kuvura uburwayi bwa diyabeti, umuvuduko w’amaraso, kutagira ubushake mu mibonano mpuzabitsina ndetse na stress.
Ubuvuzi bw’abashinwa nibwo bwonyine bubasha kuvura ubu burwayi bugakira burundu.

Ni iby’ igiciro ko wowe n’uwo mukundana mugomba kumenyana cyane kuburyo mugomba kubwirana buri kimwe, bityo rero wakagombye kubaza umukunzi wawe ibibazo bimwe na bimwe byazagufasha mu guteza imbere umuryango muba mwitegura kurema
Dore bimwe mu bibazo ushobora kubaza umukunzi wawe mbere y’uko mubana:
Wumva aricyi uzajya uhora ukunda gukora wishimisha nitumara gushinga urugoAkenshi iki kibazo abakobwa benshi nibo bakunze kukibaza abahungu mbere y’uko babana . nubaza umuhungu iki kibazo ntuzatungurwe no kumva igisubizo aguhaye gitandukanye n’icyo watekerezaga, ahubwo umva icyo abivugaho.
Ese wumva ari iki kigushimisha mu rukundo rwacu?
Igisubizo uzahabwa hano kizakwereka uko urukundo rwanyu ruhagaze . Bizagufasha kumenya agaciro aguha imbere ye, niba akubona nk’umuntu umufatiye runini cyangwa niba akubona nk’umuntu watuma ahungabana mu buzima bwe igihe atagufite.
Ese ni iki gituma uzigama amafaranga?
Ibi bizagufasha kumenya icyo amafaranga azajya yinjira mu rugo azajya akoreshwamo. Niba gukemura ibibazo byo mu rugo ari cyo kintu ashyira imbere, bizagufasha kumva ko muzateza imbere umuryango wanyu ukabaho neza.
Mubaze ku kijyanye n’imyemerere yanyu ndetse n’iyobokamana.
N’ubwo mwaba musengera mu idini rimwe, mushobora kuba mudahuje imyumvire ku bijyanye n’idini musengeramo, ni byiza kubimubaza ukabimenya. Niba mudahuje ukwizera nabyo ni byiza kubimenya kugirango mumenye uburyo muzajya mwubahana n’ubwo mudahuje idini n’imyemerere.
Ni hehe wumva wakwizihiriza iminsi mikuru?
Ntuzamubaze gutya bitari ukumenya aho yishimira kuba yakwizihiriza uwo munsi mukuru gusa ahubwo bizagufasha kumenya niba agufata nk’umwe mu bagize ubuzima bwe. Kandi na none uzamenya niba yishimira kwizihiza iminsi mikuru ari kumwe n’umuryango we. Iki ni ikibazo cy’ingenzi kuko hari byinshi uzahamenyera kuko hari ubwo usanga umugabo adakunda kujyana n’umugore we ahantu henshi mu ruhame rw’abantu. Rero ibi bizagufasha kumenya niba yishimira kuba yagira aho mujyana muri kumwe.
Ese wumva abana tuzabyara bazaba bafite uwuhe mumaro mu buzima bwawe?
Iki ni kimwe mu bibazo by’ingenzi kuko bizagufasha kumenya niba uwo muzabana cyo kuzabyara abana kandi bizagufasha kumenya niba mu nshingano ze hazaba harimo abana muzabyarana. Bizatuma kandi umenya niba kugira abana benshi biri muri gahunda afite cyangwa niba yifuza kubyara bake.
Iyo urakaye ni iki kigufasha kongera gutuza?
Iki nacyo ni ikibazo kidakunze kubazwa cyane kandi gifite akamaro kanini kuko uba ugomba kumenya icyatuma uwo mubana agaruka mu byishimo igihe yaba yarakaye. Aha ushobora ikintu cyatuma agaruka muri mood igihe ababaye kandi bikazagufasha kumenya uko uzajya umwitwara imbere igihe yarakaye.
Ubana ute na mama wawe ndetse na bashiki bawe?
Aha naho ushobora kubaza kubaza umukunzi wawe uko abana na mama we ndetse na bashiki be bizagufasha kumenya uko witwara kuri bashiki be ndetse na mama we. Iyo umaze kumva uko babana bituma umenya niba nawe azajya agufata neza cyangwa niba akenshi atazajya akwitaho.
Ni gute tugiye kuzajya twuzuzanya?
Iki kibazo nacyo ugomba kukimubaza kuko ni ingenzi cyane kuko ari imwe mu nkingi zifasha kugirango urugo rukomere kandi rutere imbere. Rero ufite inshingano zo kubaza umukunzi wawe cyangwa uwo muteganya kubana ku bijyanye n’ubwuzuzanye bwanyu kuko bizagufasha kumenya niba hari ibyo muzajya mufatanya mu mibereho yanyu.
musore nawe nkumi ugomba kugira bimwe mu bibazo ubaza umukunzi wawe mbere yuko mushinga urugo.
Jeanne Mukashema’s SIM card suddenly stopped functioning early last year, prompting her to visit the area representative of her service provider. The resident of Rubavu District was, however, informed that her SIM card had been “swapped” by someone.The mobile money services provider Mukashema lost over Rwf1 million which was on her mobile wallet. Judith Uwimana also lost Rwf1 million in a similar manner. The acts were attributed to fraudsters, who connived with some unscrupulous staff of telecom companies to falsify the SIM cards information and claimed ownership of the phone numbers. Thereafter, the cheats made card replacements, rendering the old cards of their targets invalid before withdrawing all the money on the victims’ mobile wallets (accounts).
However, the two businesswomen were, later, compensated by the telecoms after they petitioned Rwanda Utilities Regulatory Agency (RURA) that compelled the service providers to refund the money.
Mukashema and Uwimana’s petitions were among the 4,000 complaints received by RURA between July 2015 and December 2016 against various service providers in all the sectors regulated by RURA, according to Tony Kulamba, the utilities watchdog. More than 80 per cent of these were amicably handled.
Kulamba said the majority of consumer complaints, mainly against transporters, telecoms and the water utility, were of theft, and negligence, leading to loss of property.
“We receive complaints through various communication channels… Over the reporting period, we were able to resolve more than 80 per cent of the total complaints received, reflecting the importance of the consumer’s protection unit,” said Kulamba last week.
Most of the complaints against public transporters were received during inspections conducted by the agency in Kigali, Northern and Southern provinces to monitor the compliance with regulations.
The RURA consumer unity receives consumer complaints via various channels such as its telephone hotlines, social networks, e-mails, and letters. Kulamba said all complaints are resolved by engaging all concerned parties.
The huge number of complaints has since forced the utilities regulatory body to swing into action to help address the identified lapses on the part of service providers to protect consumers.
Transport sector trails
According to the report released last week, the highest number of complaints was from users of transport services at 63 per cent out of the complaints lodged between July, 2015 and June, 2016. The sector also attracted 632 grievances between July and December 2016, with 169 cases filed against ICT-related service providers, Energy sector, 15, water, two and eight complaints on poor sanitation service.
The information and communication technology (ICT) sector attracted 21 per cent, water and sanitation services received the least complaint, and 4 per cent of the grievances were from unsatisfied energy sector clients.
RURA officials said the complaints were mainly on the quality of service, especially dropping-off passengers before they reached their destination, as well increase in fares and lost luggage, among others.
Players speak out
Emmanuel Musoni, a transport operator in Northern Province, says sector players are currently working hard to ensure they satisfy customer needs.
He, however, faults passengers who often don’t want to co-operate with operators whenever they implement new innovations and changes. Musoni says, “For instance, we still have passengers in Kigali who don’t want to embrace the new innovation of using ‘Tap and Go’ cards, or those who refuse to pay whenever transport fares are revised.”
ICT-related complaints
Kulamba said many of the ICT-related complaints were on poor quality service, billing, and fraud via telecom banking systems. Unsolicited SMS, misleading information in some promotions, and customer service centres not responding well to client queries.
“New applications, like e-banking and telecom banking systems have created a big challenge for consumers in the ICT sector, particularly in a situation where clients lose money, but operators deny responsibility even when there is tangible proof. However, we make sure that the victims are compensated,” Kulamba noted.
Recently, the Rwanda National Police (RNP) and Tigo Rwanda signed an agreement establishing joint mechanisms on crime detection and prevention, including fighting corruption. Philip Amoateng, the Tigo chief executive officer, said the move would, not only boost consumer protection, but also enhance service delivery.
Meanwhile, most of the complaints against the sanitation sector concerned breach of contract terms, especially in collection and transportation of solid waste.
In the water sector, over 80 per cent of the complaints were about water shortage, while the remaining 20 per cent were related to the billing system.
According to James Sano, the Water and Sanitation Corporation (WASAC) chief executive, the utility is working to ensure affordable and sustainable services. The report indicates that the energy sector complaints were mainly on power outages and unreliable power supply. Recently, the Energy Utility Corporation Limited (EUCL) unveiled a new drive that seeks to increase access to electricity, as well as boost efficiency and improve revenue collection.
The utility also seeks to become a “highly efficient and customer-centred” organisation, according to Jean Bosco Mugiraneza, the Rwanda Energy Group (REG) chief executive. Mugiraneza said the programme will help boost performance and promote best practices and a ‘culture of excellence.’
About consumer affairs unit
The main programme of the consumer affairs unit is to educate consumers about their rights. RURA says they employ various approaches and strategies to sensitise consumers on why and how they can hold service providers in the country accountable. It runs an outreach programme on consumer rights in schools to help create public and industry awareness as well as improve the quality of service offered by sectors under its docket.
“We invite, and collect public views on consumer matters besides providing a channel to address consumer problems and resolve disputes,” officials said.
Challenge
Kalumba said consumers are not yet well-organised to become vigilant to demand quality services, which he said is a big challenge. “Consumers must value their money and demand for quality services,” he said.
Do you love tomato soup? You might also like the vegetable as salad. Well, you will have to dig deeper into your pockets to enjoy that tomato soup or salads after the wholesale price of tomatoes rose by Rwf2,000 to Rwf8,000 per basin in various city markets, from Rwf6,000 a week ago. They go for Rwf800 a kilo, from Rwf500 previously. Most Rwandan homes and restaurants use tomatoes as soup or source, so the increase is not good news for many people.Traders attributed the rise to low supply, adding that farmers recorded poor yields. They also noted that the prices have been going up over the past few weeks.
According to market survey by Business Times, banana prices have also gone up by Rwf30 to Rwf380 per kilogramme in Kimironko Market last week, from Rwf350 a kilo, while that of yams rose to Rwf400, from Rwf360.
The price of fruits has also increased, with the price of oranges now at between Rwf1,200 and Rwf1,400 per kilogramme, that of mangoes ranges from Rwf1,400 to Rwf1,600 per kilogramme, while passion fruits cost up to Rwf1,400 per kilo from Rwf1,200 in Nyarugenge Market.
Meanwhile, beef was unchanged at between Rwf2,200 and Rwf2,400 a kilo in Kimironko, Nyabugogo, Batsinda and Gakinjiro markets, but goes for Rwf2,500 in Nyarugenge Market. The rice from Pakistan costs between Rwf800 and Rwf900 a kilo, while that from Thailand ranges from Rwf1,000 to Rwf1,100 per kilo gramme. Avocado is at between Rwf100 and Rwf200 (depending on size), carrots cost Rwf600 per kilo gramme, salt goes for Rwf400, while cassava flour ranges from Rwf350 to Rwf500 per kilo.
Sugar is between Rwf1,000 and Rwf1,100 a kilo, the price of milk ranges from Rwf400 to Rwf500 per liter across the city and suburbs.

– phone without credit – young without work – pages without foundation – person without way – diploma without value-driver without license-food without vitamins – man without authority – woman without submission – song without messages – child without education – love without heart – work Without good salary – democracy without freedom-elections without truth – accused without complainant – media without information – prayer without forgiveness – student without scholarship – pastor without vocation – country without identity card-stranger without a passport. Wake up burundi.1. FPR YISHE UMWAMI KIGELI WA V NDAHINDURWA IRANGIJE IKORA IYO BWABAGA UMURAMBO WE NGO UZANWE MU RWANDA BITYO UBUCURUZI BWAYO BURUSHEHO KWAGUKA BINYUZE MU BUKERARUGENDO.
2. NONE NDORERA BENZIGE NAWE AKOZE ISHYANO AKEBA MU NKOVU AGARUYE INDI KARINGA IGOMBA GUKOMEZA KURYANISHA UMURYANGO WABEGA NABANYIGINYA NDETSE NA RUBANDA. IBI BYUBWAMI BYARI BIKWIRIYE GUHITA BIRANGIRA KUBERA YUKO ARIBYO GUKOMEZA KONGERA AMABI KU RWANDA. NTIMUREBA AHO UMWAMI PaulKagame AGEJEJE ABANYARWANDA ABARIMBURA?

mbaye nitemberera ndavuganti reka nigire nukabara mbe nifatira kamwe wenda bwaba bunari kwira,
singeze mukabari niyicarira inyuma yumusore numuhungu bari barigusangira
mbantumije kamwe mugihe kataraza mbaniyumvira ibiganiro byabo bachr da!
arika nkumva umusore arikubwira uwo mukobwa mwiza ati” nubundi nacyo nakumari kuko sinakundana nawe kandi nushake unyikuremo kuko sinagukenera” ahita yikubita aragenda asiga uwo mubebi arikurira
ndamureba mbona ukuntu akeye bisa nkaho afite akazi keza, nanjye nti” reka sinatuma umwan mwiza nkuyu yicirwa nagahinda mumaso yanjye!”
mba ndimutse mva aho nari nicaye musanga kumeza ye akokanya icyo kunywa cyanjye kiba kirahageze ndagifata arinako ntangira gukuya kuya uwo mubebi ngo aceceke ko nzamurinda ako gahinda atewe nicyo giso kimuteye, ntangiye kumuhoza mwiyegereje numva
ikintu kumutwe ngo piiii, numva ndapfuye neza neza nitura hasi numva mbuze ubwenge nkangutse tsanga ni… Ahwiii ziragwira!umumama yari afite akana gato kagahungu, noneho arakabwira ati”nuzajya ushaka kunyara ujye umbwira ko ushaka kuririmba utazankoza isoni turi mubantu”
umwana akazajya abivuga nkuko nyina yabimubwiye, reka nyina azajye gusura abantu bibe ngombwa ko ararayo wamwana nawe ararana na se, ngo bigere mugicuku umwana ati ndashaka kuririmba, ise ati wacyanawe uranshaka kuririmba muriri joro waretse ukazaririmba ejo mugitondo, umwana ati c kombishaka cyane?
ise ati ngaho ndirimbira mugutwi udasakuriza abantu muri iri joro,wibike hejuru ko akana kari agahungu, nuko kegera ugutwi kwa se kanyaramo.
umwana,ise,umugore, ninde ufite amakosa?











Umusi waranjiye abahungu nta bituba babonye, ariko abahungu bataye amafaranga menshi muruyo muhuriro Wa Whatsup Da!! Amakuru dufite, n’uko umuhungu afite amaboko kubakobwa aho hejuru mu riyo ifoto, yagurishijye ihene yanyina kushobora kujya muruyo muhuriro!
1. Umukobwa yanditse kuri page ye ya facebook ngo abagabo Bose ni ihene. Umusore umwe aracommentinga ngo “Ese waba wahaye papa wawe utwatsi?”
2. Umugore yarapfuye ahurira n’ umugabo we wapfuye mbere mu ijuru. Umugore ati reka Dukomeze urukundo rwacu rwa mbere.
Umugabo ngo twasezeranye ko tuzatanduknywa n’ urupfu none ubu turi mu ijuru. Ubu ndi single nta mugore mfite ntumvangire hari abamarayika ndigutereta.
3.umugabo yatahanye ikinyamakuru ageze mu rugo agishyira muri frigo. Umugore amubaza ibyo akoze. Umugabo ati bambwiye ko harimo inkuru zishyushye none ndashaka ko zihora mbone kuzisoma.
4. Umurwayi wo mu mutwe yagiye I Ndera, muganga amubaza uko amerewe aramubwira ngo buri gihe iyo aryamye arota inkende zirigukina. Muganga ati ndaguha ibinini bikubuza kurota. Umurwayi ati muga uwo muti uzawumpe ejo kuko uyu munsi zirakina final.
5. Umugore witwa Irène yagiye gushaka asanga mu nzu y’ umusore nta kintu kirimo biramushobera abaza umugabo we ati” ese waje kunshaka uziko nzatungwa n’ iki? Aho nzaba mu rugo rutagira ikintu na kimwe?”
Umusore na we ati” Sorry mukundwa wanjye mwiza rwose ntiwibuka ko iminsi twaganiraga nakubwiraga ngo” you are the only thing I have”
6.umugabo yasomaga ikinyamakuru ari kumwe n’ umugore we. Umugabo ati cherie Uzi ko abagore mu bushakashatsi bwakozwe bavuga amagambo ibihumbi 30.000 mu gihe abagabo baba bavuze ibihumbi 15.000. Umugore ati” ariko nta gitangaza kirimo kuko abagabo bumva umuntu asubiyemo”
Umugabo n’ umujinya mwinshi ati ” uvuze ngo iki wa mugore we?
Umugore ati ‘ singaho ibyo navugaga!’
Ubwa mbere asabako ivyo agira avuge kugira ntibize bitakare canke ngo vyibagirwe, ko abantu bovyandika, bikabikwa muri ntibate. Asaba abanditsi n’abamenyeshamakuru eka abari aho kuri uyo wa 31/12/2017, kuba ivyabona y’ubwo butumwa yahawe n’imana. Ubutumwa bwiwe buri mu mice ine, aho yabishikirije yisubiriza (répétion).
1. Ngo ijwi ry’imana mushoboravyose, muremyi w’isi n’ijuru, ngo igiye gutigitisha isi n’ijuru kubw’igihugu c’Uburundi.
👉. Gutigitisha (tremblement). Ahari umutigito w’isi haba amarira, induru, ugupfa kw’abantu mu kivuga.
Uravye ibiriko bibera mu Burundi, bikorwa na Nkurunziza, n’akarwi kiwe nkorabara, ivyo bisobanurako ariko ategura ubwicanyi bw’ikivunga, bikitwako vyakozwe n’imana.2. Ngo imana mushoboravose muremyi w’isi n’ijuru, ngo igiye gukuraho ibinyiganyizwa, kugira hasigare ibitanyiganyizwa.
👉. Iyo ni insiguro ko agiye gukora ububisha bw’ubwoko bwose: génocide, crime de guerre, crime contre l’humanité, violence et harcellement sexuelles, etc.
👉. Gukuraho ibitagira ikimazi bisobanura gukuraho abatavuga rumwe nawe eka n’abo bo muri système banka kumufasha gushira mu ngiro uyo mugambi wiwe ugayitse.3. Ngo imana mushoboravyose yaremye isi n’ijuru igiye kumenyesha abarundi n’abanyamahanga ko ubwami bwayo ngo buri mu Burundi.
👉. Bisobanurako ahari ubwami bw’imana ata yindi ntwaro ikenewe. Abiyumvira amatora, nibazeruke Nkuru akihari na Ndayicariye Pierre Claver wiwe, na Ntahogwamiye,araziko ibiharuro biza bipanze.
👉. Ariko ahari ubwami bw’imana, iyo umwami yigize ibiro biteze, ubwo bwami bwararandurwa. Kandi nyene ingoma yiwe yahera nabi abazi ivya bibiliya barazi ukuntu batabagurwa n’inyamaswa, n’agashinyaguro kenshi.
👉. Kuba avuze ivyo, bisobanura ko Nkuru yavugishijwe ibigiye kuba. Erega uko yabivuze niko bigiye kuba eka none yabitanguriye kuba FNL igihe batabwa muri Ruvubu, kuko ni umugambi ugayitse yateguye, ubu akaba yawubandanirije igihe haba ukwiyamiriza ikiringo ciwe ca gatatu. Ahubwo Imana ishimweko ryamutorotse. Ahaheruka yavuzeko iwabo bari abarozi, barya abantu. N’ubu rero ashize ahabona ububisha bwiwe ubu rero akaba avyishiriye ahabona.4. Ngo umuriro w’imana ngo ugiye gutongora ibidafise ikimazi.
👉. Gutongora, ni guturira ivyatsi aha ni ku barimyi.
Kuri we, ni ubwo bwicanyi butagira izina agiye guhonya igihema cose kiba mu Burundi.
👉. Abitwako bari muri CNDD FDD bahora bibazako bazomusubirira, nibazeruke kuko imana yaramutoranije kugira abe umwami w’Uburundi, uwuzoshaka kuvuguruza imana azibonerako, 2017 ni solution ya nyuma ku bwiwe.Muri iryo hishurwa, Nkuru asozera avugako abantu boba ivyabona y’ivyo avuze. None ukuri kuri he mu gihe agiye gushira mu ngiro ku mugaragaro ubwo bubisha abanje kuvyemanga?
Ibihe vyiza.
Abakunda Igihugu Mwese Muka Nacitangira Ndabipfurije Umwaka Mushasha. Abenegihugu Mwese Aho Muri Mureme Ntantambara Izongera Kuba Mu Burundi, Nuturwi Tugerageje Kuwatsa Ucuzimira Kuritwo Nyene, Hakurya I Kongo Buriyo Bwavuye I Mahama Ariko Ntaho Buzoca Kuko Imbibe Ziracunzwe Neza. Ubu Namira Kwishanga Gucungako Atakokwikika Muruja Nuruza Rwaba Kongomani Binjira Mu Burundi. Icombona Coco Buzoherera I Kongo.
numunezero ntangere kuburundi namakungu kumwasi ruhonyanganda umumenja Ariko araraga yisema kumagambo nkurunziza Ariko arashikiriza kwagiye kwicwa maze abarundi bamana agafuni koguhamba misiyose bama bagandaye bagiye kuruhuka aho shebuja shetani yakorera aho agité kumurimbura nabakozi bikini biwe pita aho agize imisi avyivugira ndakeje abagiye gukora icogikorwa cogubohora abarundi baribamaze imyaka atajambo bafise kubera intwarombi y’a cndd efdd.
imana ibarinde kujabuka ikikiyaga gitukura nunubarosa ubukomezi nkubwa samusoni yasavye imana ubwantuma kugira yihorere amaso yiwe tubisanga mumigani kumurongo 53Ariko iri raswa rimaze iminsi mu Rwanda rirahanura iki? Ngaho ngo umunyururu arasiwe kurukiko rwa Nyamirambo, umunyamategeko arasiwe mumuhanda kuri KCC, umukoziwa mtn na we ahise aharasirwa, umusore mu Ruragwe rwa Rubengera ararashwe ngo yibye ihene, umucuruzikazi i Nyamata, none ngo uyu na we yarasiwe kuruzitiro rw’i Kanombe ahabikwa kajugujugu za gisirikari! Uyu se we yaba yari agiye kwiba kajugujugu mama!? Riberakurora ni umwana w’umunyarwanda!
Nabonye umunyeshuri wiga i Butare asoma inyandiko ntazi ariko ubusobanuro bw’ibyo atari azi bwose bwatanzwe na Banki y’isi.
Umukozi wo mu biro wagiye mu mwanya atanze ruswa atawushoboye ni we usobanura ibintu cg umuphilosophe nka Socrates ni we ubisobanura!?
Banki y’isi n’ibindi bigo nkayo ntimukabigirire ikizere na gike.
Ahantu muzabona handitse ngo DUTERIMBERE -IMF, mujye mubicurika muti dutere inyuma IMF.
Ibigo n’amashyirahamwe birimo ukuboko kw’abanyamerika mujye mubigendera kure.
Abanyeshuri b’abanyamerika, nka Hitler, Kagame, Mussolini, Bin Laden, OBama, ntimugahe agaciro ibitekerezo byabo.
Ni bo Bibiliya yita abanyabyaha. Ubwo ubarwanya rero ni we mukiranutsi.
Abapasiteri na ba papa barabarwanya cg barakorana?
- AuthorPosts



Jeanne Mukashema’s SIM card suddenly stopped functioning early last year, prompting her to visit the area representative of her service provider. The resident of Rubavu District was, however, informed that her SIM card had been “swapped” by someone.
Do you love tomato soup? You might also like the vegetable as salad. Well, you will have to dig deeper into your pockets to enjoy that tomato soup or salads after the wholesale price of tomatoes rose by Rwf2,000 to Rwf8,000 per basin in various city markets, from Rwf6,000 a week ago. They go for Rwf800 a kilo, from Rwf500 previously. Most Rwandan homes and restaurants use tomatoes as soup or source, so the increase is not good news for many people.












1. Umukobwa yanditse kuri page ye ya facebook ngo abagabo Bose ni ihene. Umusore umwe aracommentinga ngo “Ese waba wahaye papa wawe utwatsi?”
Ubwa mbere asabako ivyo agira avuge kugira ntibize bitakare canke ngo vyibagirwe, ko abantu bovyandika, bikabikwa muri ntibate. Asaba abanditsi n’abamenyeshamakuru eka abari aho kuri uyo wa 31/12/2017, kuba ivyabona y’ubwo butumwa yahawe n’imana. Ubutumwa bwiwe buri mu mice ine, aho yabishikirije yisubiriza (répétion).


