Forum Replies Created
- AuthorPosts
Ku kibazo cy’umwami MRND na FPR byifatanya mu kumwamagana. Byikundira republika ariko nabyo bikarwana ngo kimwe kitagundira ubutegetsi n’ubukungu bwa mpatsibihugu!

His excellency Pierre Nkurunziza joined the family and friends of the late minister of Water and Environment ➡️ Emmanuel Niyonkuru who was assassinated on the new year’s eve. He payed tribute to him.
🔵Dear Minister, You’re gone but not forgotten. We’ll never forget you.
Hariho Urubanza Turiko Turategura Rwabacika Cumu Bakorewe Ihonyabwoko 1972 Ninyuma Yaho Urwo Rubanza Ruzoba Igenekerezo Rya 29 Ndamukiza 2017 Musabwe Gusidukana Niyonka Mwivyo Birori Vyokwibuka Abacu Twabuze Tutanse.
Sinasoma ikinyamakuru cya Leta keretse umunsi u Burusiya n’U Burundi, koreya ya Ruguru etc bizagira itangazamakuru rigera kure.
Ariko ntibizigera birigira bizayashora mu mishinga yo kuzamura abaturage no kwica ibyihebe
Wakoze kumugira inama nziza yo kumenya guteganyiriza ejo hazaza.FPR ni yo isize inkuru mbi imusozi yo guca imbuto za gihanga nyarwanda mu gihugu nk’imigozi y’ibijumba inyuramye, imbuto z’ibishyimbo zitandukanye, imbuto z’imyumbati yubwoko bunyuranye, imbuto z’ibigori nyarwanda, n’ibindi bihingwa ngandurarugo abanyarwanda bahingaga kera ubu batagihinga bitewe n’uko FPR yaziciye mu gihugu ibabuza kuzihinga kandi imbuto ibikwa mu murima nkuko buri wese abizi.
N’ibitadufitiye akamaro bigafitiye abandi tujye tubikora.
Ejo nabwiye umusore ngo atere igiti cya voka kuko ziri kugenda zigabanuka. Aranga ngo gitinda kwera cyazera yarashaje.
Nyamara wenda umwana we cg inshutiza zazagikoresha!
Kusiga inkuru mbi i musozi biragayitse
Urirwa ujya kure! Kunanirwa no kujya kurahura ku muturanyi witwa Tanzaniya ngo tujyeyo guhamura umuti w’amahoro arambye bo bafite mu mateka y’igihugu cyabo yose: nta ndwano z’amoko zigeze zihaba, nta bwicanyi, nta ma coups d’Etat, nta mfungwa za politiki zahigeze n’uyu munsi ntazihari, mbese igihugu cyuje amahoro kuva cyabaho kugeza ubu.Aho kujya guhamurayo umuti w’ibibazo byacu ahubwo Kagame na FPR ye bajya gutezayo ibibazo bashaka ko ibibazo dufite byambukiranya imipaka bikanga TZ, nk’uko babitwaye Zaire Congo mu 1996 no mu Burundi mu 2015 kugeza ubu. Kavenya Emmanuel Kanguka, Munyandamutsa Khamissi Kayumba Bayingana Valence Mugisha King John

Ikibazo kiri mu Rwanda si ubwami cg republika, ni abayobozi babi.
Ibihugu byinshi bikomeye hano ku isi navuga nka Canada, Austraria na Uk biyobowe na Elizabeth II, wahindura injyana ukagera Belgium na Natherlands byose bifite ubukungu bukomeye n’abaturage barisanzuye!
Genda Rwanda waragowe! Kuki wenda udakopera abandi uko bayoborwa cg bayobora!Guhera mu 1800s ubu turi kugendera ku kuri kubatswe n’abantu ariko gufite aho guhuriye na kumwe kwa Yesu. Ubu ukuri gushoboka hano mu isi ni socialism. Ikinyoma ni capitalism. Niba ibyo byose Nkurunziza akora abikorera muri system ya gicapitalist, ari mu kinyoma. Niba Kagame ibyo akora byose abikora ngo arwanye capitalism ni aho dupimira ukuri.
Njyewe nkunda republika kurusha ubwami ariko iyo umudemocrate/umurepublike abaye umucapitalist mu bukungu aba arutwa n’umwami cg umunyagitugu w’umusosiyalist.
Ikindi ni uko nabonye igitugu mukivuga ku bayobozi babi n’abeza mukavanga.
Ubwo twavugako umunyagitugu ari ukoresha imbaraga n’igitsure. Ibyo rero byo ntibyabura. Ariko tukareba uri mu kuri.
Mu buzima busanzwe iyo uhuye n’umuntu kandi akaba aribwo bwa mbere uhuye nawe ni byiza ko umugaragariza imyifatire myiza kabone n’ubwo waba ufite imyifatire iruhije mu gukundwaIyo ,mumaze kumenyana
Mumaze kwemeranya ubushuti muba mugomba gukomeza kuganira no kubwizanya ukuri by’umwihariko iyo muri kumwe nk’iyo mwasohokanye cyangwa umwe yasuye undi ningombwa ko muhuza kubyo muri kuganira kuko bishobora kuba byabafasha gutera imbere no kugirana inama zitandukanye.
Ntabwo ari byiza ko umwe yibanda ku ruhande rwe gusa ngo yumve ko icyo avuze aricyo atagomba kuvuguruzwa ahubwo bagomba kujya inama kuri buri kimwe cyose.
Kandi nanone ntabwo gusohokana cyangwa gusurana aba ariwo mwanya wo kwishimisha gusa ahubwo mugomba no kwibuka kuganira kubyo mubona byaba bitagenda neza mu rukundo rwanyu.
Umusore cyangwa inkumi ugiye gushaka inshuti nyanshuti cyangwa umukunzi ntabwo yakabaye areba uburanga buhanitse cyangwa ubutunzi cyangwa se kugendera kubyo abandi bavuga kuko ibyo byose ni ibirebeshwa amaso ya bugufi nyamara tutazi ko ibyo byose bishobora kurangira vuba.
Ahubwo urukundo nyarwo ruba mu mu mutima imbere. Amafaranga n’ubutunzi ni nk’umuyaga, uhuha rimwe mu kanya ukabura.
Basore namwe bakobwa mukundana urukundo nyakuri mutabeshyanya kuko bizabahesha ishema mu bandi, yaba abababona ndetse n’aho muba kdi bizatuma ababubaha.
Ikindi kandi niba mukunda by’ukuri ntimukabihishe kuko iyo umwe aterekana ko akundana n’undi hashobora kuzamo agatotsi ko kuba umwe atizera undi bitewe nuko ashobora kuba yakwibaza impamvu undi atamumurikira inshuti ze cyangwa ngo yemere ko bakundana.
muraho bakunzi bururubuga ndumukobwa ufite imyaka 25 ndi inzobe nfite 1m70 ibiro 60 nkorera mu ngororero nkaba nshaka umusore Uzi guswera nkanyara uwokuzajya amfubya ntawe nshaka nanjye nkamunyongera nkayiririmbira nokuniha nibintu byange uwumva afite gahunda yampamagara kuri 0727772514 uwumva tujuje condition ntampamagare.
Ubundi mu buzima bwa kiremwa muntu, umuntu wese akunda gukundwa ndetse no gukunda ariko hari ibigomba kwibazwaho ndetse bikanitonderwa. Ese urukundo niki ni ukubera iki nkwiriye gukunda no gukundwa, ese urukundo mpabwa rurahagije?
Abantu bakundana bakwiye kumarana umwanya ungana iki baganira? Niki cyatuma urukundo rutagenda neza, ninde nabwira ibibazo by’urukundo rwacu, amakimbirane mu rukundo akemukwa nande ese akemurirwa hehe? Ni ryari nzumva ko nyuzwe n’urukundo mpabwa.
Hano turarebera hamwe ibintu bidakunze guhabwa agaciro ariko bishobora gusenya umubano hagati y’umuhungu n’umukobwa bitegura gushinga urugo.
Kudaha umwanya uhagije uwo mukundana.Mu rukundo abakundana cyangwa abashakanye bagomba gukora uko bashoboye bagahana umwanya ufatika kuko iyo bitagenze bityo baba nk’abari kubakira ku musenyi, ni ho kwa kwizerana gukendera kuko umwe aba avuga ko arutwa n’ibintu runaka mugenzi we aha umwanya cyangwa se awihera abandi, ibi bituma abantu bahuzwa no gucyocyorana no batumvikana bityo bikabaganisha gusenya aho gukomeza kubaka ibiramba.
Gushaka inzitwazo zidafatika burigihe bituma mutagirana ibihe byiza
Buri wese aba ashaka kumva anezerewe kandi akumva ko yagenda yisanzurana n’umukunzi we, gusa hari ikijya kiba nyirabayazana w’ubushyamirane, ugasanga umwe muri bo arahora atanga urwitwazo ruhoraho.
Ibi bibabaza mugenzi we bigatuma atangira kubihirwa no kugira ibihe bitamworoheye.
Ni ukuvuga ngo niba umuntu mukundana agusabye umwanya gerageza uwumuhe n’ubwo byaba bitoroshye cyangwa ukabona ko bikugoye byose bikore mu kinyabupfura kuburyo Atari burakare
Kumugereranya n’uwo mwahoze mukundana
Ntugahore umugereranya n’uwo mwakundanye kuko ugomba gufata umwanzuro kuko iyo umuntu atandukanye n’uwo bakundanaga aba agomba kurekura akiga kubaho atamufite.
Icyo gihe iyo abonye andi mahirwe biramworohera kuko abona uko yubahana kandi agaha umwanya umunezero mushya aho guhora abunza imitima utekereza uwo mwakundanaga.
Mu gihe ukundana n’umuntu warabanje gukunda ho mbere, iyo utazi gufata icyemezo uhora uhuzagurika ufite amakenga ko n’undi yakwigendera cyangwa yakubabaza nka mbere, iryo gereranya rituma nta munezero wisanzuye ugira mu rukundo rushya.
Hari ubwo udasenya kamere mwagiranaga, uko mwari mubanye ukumva umukunzi mushya ntazi ibigezweho, atazi gukunda ugahora wumva ko wacikanywe bityo ugakomeza kuba mu rungabangabo, ibyo bishobora gutuma uwo mukundana yigendera kuko aba abona uhuzagurika.
Kumva ko wafatishije
Gukunda cyangwa gukundwa wabigereranya n’ubusitani cyangwa inzira yuzuyemo imbuto zuje ubwuzu zitera umunezero zikikijwe n’indabo nziza zifite impumuro idasanzwe kandi mu buryo butandukanye, usarura agomba gufata igihe cye kirambye, akaryoherwa na buri rubuto kandi agahumurirwa na buri rurabo, rero murumva ko bifata igihe.
Bityo rero kwirara ukumva ko wafatishije nabyo sibyiza ntibikwiye kuba amareshyamugeni cyangwa ngo urukundo rwuje umunezero no guteteshanya birangire kuko icyo gihe agenda agabanya uko yakundaga mugenzi we bityo ugasanga umwe muri bo atangiye gukeka ko yibeshye kuri mugenzi we cyangwa atari ryo geno rye, agatangira gutekereza ahandi yakomereza ibyishimo bye.
Ni ho bamwe batangira gusigana no kutizerana kugeza baciye umubano, nta gihe runaka ukunda yakwibwiye ko yafatishije, ahubwo uburyohe bw’urukundo ubwumva neza iyo utekereje ukuntu wajya uremera udushya urukundo rwawe.
Kurogoya ibiganiro byanyu
Ni ngombwa kuganira abantu bitonze cyane iyo abakundana bashyizweyo, buri umwe atangaho umugabo isi n’ijuru ko yamuremewe, bizerana bahuje, iki gihe cy’agahebuzo buri umwe agomba kwirinda ibyabarogoya, iyo umuntu ashikagurika ajya mu tuntu tw’irya n’ino, usanga mugenzi we abihiwe n’ibiganiro, hakavuka ukwivumbura kwa hato na hato, iki gihe abakundana baba bagomba kubiganira ho bakarimbura kidobya bitabaye ibyo urukundo rwabo rushobora kugenga nabi bikaba byabaviramo gutandukana cyangwa bagasenyerwa n’impamvu bitaga ko idashinga.
Kugaragariza abandi amarangamutima.
Abantu bakundana buri umwe aba yumva agomba gufatwa nk’umwami cyangwa umwamikazi mbese ntawe wamumurutira ku isi yose.
Buri umwe aba agomba guharanira kuzamura ibendera ry’umukunzi we, yemwe bagera mu bantu agaterwa ishema no kumwerekana mu ruhando rw’inshuti, abaratira rudasumbwa, yaba ari umusore akabamurikira nyampinga we.
Iyo rero mugendana ugatangira kurangarira abandi n’ubwuzu bwinshi mwaganira ukabasimbagiza mu bisingizo, ibi ni nk’igikomere gikomeye uba urimo gutera mugenzi wawe, atangira kumva acitse intege, ubwenge bukayoba akicuza igihe yagutayeho ngo akunde akunezeze, bimutera ipfunwe kongera guhura na ba bantu, ndetse bikamubera nk’ihungabana akumva ntaho mwajyana mu bantu benshi kuko aba azi ko uri buhakore amabara uraranganya amaso ushaka uwo uvuga neza, ibi bifatwa nko kutanyurwa no kujarajara bikaba byabangiriza urukundo.
Gusebanya.
Ntabwo ari byiza kuvuga ibyo wiboneye ku mukunzi wawe kuko abifata nko kumusebya, bimutera agahinda iyo abyumvise, agahinda umushyitsi mu mutima yemwe akaba yanakoreshwa n’umujinya akakubwira amagambo adakwiye abakundana.
Umwe iyo atangiye isebanya ntanace bugufi ngo asabe imbabazi mugenzi we akaguma no kwihagararaho birangira urukundo ruhirimye maze babandi batifuzaga ko mukundana bakabona aho bahera bishima, sibyiza rwose gusebya cyangwa gutaramira k’umukunzi wawe.
Kwigira ntibindeba
Iyo hari amakimbirane mu rukundo mugasasa inzobe buri wese avuga uko abyumva aho guhirikira aho bibogamiye, ukumva ko niba atakuvugishije wicecekera ugategereza ko ariwe ukuvugisha haba no mu biganiro buri wese aba agomba kuzana icyaganirwaho, agaharanira kuba isoko y’umunezero yamugenzi we.
Naho iyo wumva ko hari uwo bireba wowe yanatinda kuguhamagara cyangwa kuguha ubutumwa, kukuvugisha no kukwibutsa ukarakara ugatangira kumurakarir, bituma hari ubwo acika intege akumva ko nta cyo umumariye mu buzima , ibi birasenya ntibyubaka.
Bamwe mu bahungu hari abo usanga batagira impano yo guhirwa no gukundwa n’abakobwa ndetse n’uwo bagerageje gukundana ntibarambane kubera imyitwarire itari myiza bagira imbere y’abakobwa.
Bimwe muri ngiye kukubwira byatuma abakobwa bose bagucikaho kabone nubwo waba hari uwo wari waremeje.Kumugereranya n’abandi: Umukobwa wese ntakunda umuntu umugereranya n’abandi bakobwa iyo muri kumwe cyangwa mu biganiro mugirana. Aba ashaka ko umwereka ko ari we ukunda gusa kandi abaruta bose.
Igihe hari undi ubonye wenda amuruta mu bwiza, ntukamurangarire muri kumwe cyangwa ngo ugire icyo ubivugaho mukiri kumwe kuko bituma abona ko ufite imitima myinshi.
Uba ugomba kugira ahantu hose mwaba muri kumwe cyangwa mutari kumwe,ejo atazasanga uri mu bantu batarangwa n’ikinyabupfura kuko babyanga kubi,byatuma mushwana.
Kurakazwa n’ubusa: kandi abakobwa bazirana n’umuhungu urakazwa n’ubusa cyangwa uhorana umushiha. Iyo uteye gutyo,umukobwa ahita abona ko no mu rugo umugore uzashaka uzajya uhora umushihura,agahitamo ko mutandukana urukundo rutarakomera.Kutigirira isuku: iki ni kimwe mu bintu bituma abakobwa batandukana n’inshuti zabo. Aha umuntu yavuga nko kunuka mu kanwa biturutse ku isuku nke cyangwa kugira impumuro mbi y’icyuya kuko udakunda kwiyuhagira.
Kutita ku mukunzi wawe uko bikwiye: ibi bishobora gutuma mutandukana niyo mpamvu uba ukwiye kumukorera buri kintu cyose kigaragaza urukundo kuko burya abakobwa bashimishwa n’abasore babitaho,bakabarata no muri bagenzi babo
Kunywa ugasinda cyane: iyo ukiri umusore ugakunda kunwa ugasinda cyane nabyo ni kimwe mu bintu abakobwa banga kuko iyo ubikora ukiri umusore noneho yibaza niba umugabo icyo uzakora akumva bizaba bikabije,agahitamo ko mwarekana hakiri kare.Kutagira ibitekerezo by’iterambere n’ ubunebwe: ibi nabyo nta mukobwa ibikunda,ahubwo aba yumva umukunzi we yaba umuntu ukunda umurimo kandi akagira ibitekerezo byubaka kuko bigaragaza ko azavamo umugabo nya mugabo.
Burya rero uzirinde ko umukunzi wawe yakureka ari wowe biturutseho kuko birababaza cyane. ugomba kugerageza gokora ibisabwa kuburyo urukundo rwanyu rugenda neza.
Ndi umusore mfite imyaka 30 narangije kaminuza mfite n’akazi ka leta ariko nta mahirwe njya ngira yo kubona umukunzi kuko umukobwa wese ngerageje gukundana nawe bahita bamutera inda cyangwa abandi basore bagahita bamutwara, none ubu nzakore iki?
None ndabasaba ko mwamfasha mukangira inama byaba bishoboka uwifuza kumbera Mama w’abana banjye abonetse byanshimisha.
Nizeye ko inama zanyu zizangira icyo zimarira.
- AuthorPosts



Mu buzima busanzwe iyo uhuye n’umuntu kandi akaba aribwo bwa mbere uhuye nawe ni byiza ko umugaragariza imyifatire myiza kabone n’ubwo waba ufite imyifatire iruhije mu gukundwa
muraho bakunzi bururubuga ndumukobwa ufite imyaka 25 ndi inzobe nfite 1m70 ibiro 60 nkorera mu ngororero nkaba nshaka umusore Uzi guswera nkanyara uwokuzajya amfubya ntawe nshaka nanjye nkamunyongera nkayiririmbira nokuniha nibintu byange uwumva afite gahunda yampamagara kuri 0727772514 uwumva tujuje condition ntampamagare.
Bimwe muri ngiye kukubwira byatuma abakobwa bose bagucikaho kabone nubwo waba hari uwo wari waremeje.


