Rwanda › Forums › Rwanda Today › Rwanda Paparazzi on the Move › Umukobwa yabanaga na uncle we
Umukobwa yabanaga na uncle we
Umukobwa yabanaga na uncle we kuberako ababyeyi be bari barishwe na SIDA, niwe mwana wenyine bari barabyaye.
Yarihirirwaga amashuri na uncle we guhera muri maternelle maze igihe yarageze mu mwaka wa 4 primaire uncle we atangira kumwifuza.
Nuko ijoro rimwe, amusanga mu cyumba maze amusaba ko baryamana anamubwira ko nabyanga ari bumwirukane akanahagarika kumwishyurira.
Umukobwa yagerageje kumuririra ariko uncle we yanga kubyumva.
Nuko umukobwa ahitamo kwigendera ajya kuba ku muhanda aho yahoraga arira, ashonje, afite agahinda maze yarangiza agapfukama agasenga Imana ngo isubize amasengesho ye.
Umunsi umwe ari gusenga, haza umugore mwiza atwaye imodoka, amubonye arahagarara maze amusaba kwinjira mu modoka bakajyana iwe mu rugo.
Bagezeyo umukobwa amubwira ubuzima bwe bwose maze wa mugore yemera kumubera umubyeyi, amusubiza mu ishuri, amugurira ibintu byose nk’umukobwa we.
Ubu tuvugana umukobwa yarangije kaminuza muri China ni umu Engineer wubaka imihanda.
Nawe Imana yasubiza amasengesho yawe.
Ndahanura ngo Imana ihe umugisha umuntu uri busome ubu buhamya agakora SHARE muri group 5 zitandukanye…