Forum Replies Created
- AuthorPosts
Abahoze ari abajura biyitaga abamarine by’umwihariko urubyiruko rusaga 157 bakoraga ibyobikorwa by’urugomo mu mujyi wa Kigali Nyabugogo,nyuma bakaza kubivamo ubu bashyizeho ihuriro ryitwa “Hinduka uhindure abandi” ubu abo bibumbiye muri iryoshyirahamwe bariho barahiga bukware bagenzi babo basigaye muri uwo mwuga ugayitse.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyamabuye Bizinde Jean Damascene mu murenge wa Gatsata mu karere ka Gasabo yavuze ko mu mwaka wa 2012 Nyabugogo kari agace k’umutekano muke kubera ibikorwa by’ubujura.
Bamwe mu bakoraga ibi bikorwa bibi ahanini bari biganje mu rubyiruko baje mu Mujyi wa Kigali baraturutse mu duce dutandukanye tw’igihugu; aho bibwiraga ko mu Mujyi bahabona ubuzima bwiza.
Uru rubyiruko rwarangwaga rero no gushikuza abagore amaterefone, amasakoshi n’ibindi; hanyuma bagahita birukira mu gishanga cya Nyabugogo ku buryo kubakurikirana bitabaga byoroshye”.
Ariko kugeza ubu ako gace karimo umutekano usesuye. Yabivuze mu mwaka wa 2014, inama y’umutekano y’umurenge wa Gatsata yarateranye, maze ifata ingamba zirimo guha imbaraga irondo ry’umwuga, no gufata ingamba zihamye z’aho hantu havugwaga ibikorwa by’ubujura.
Naho Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyamabuye yavuze kandi ko icyo gihe habayeho igitekerezo cyo guhamagara bamwe mu bakoraga ibyo bikorwa bibi by’ubujura biyitaga “abamarine” ndetse tubagira inama yo kubireka”
Umwe mu basore bahoze muri uwo mutwe wa bamarine waretse ubwo bujura witwa Uwihaye Pierrot ukomoka mu karere ka Rulindo yagize ati:” ubusanzwe harimo ibyiciro byinshi by’ubwo bujura mu mirenge ya Gatsata, Kimisagara na Muhima.
Hari abitwa abakanguzi bafungura imodoka badakoresheje imfunguzo zayo ahubwo bakoresha insinga n’ibindi byuma; harimo kandi abarigisi batwaza abagenzi imizigo hanyuma bakayibiba, abatobora amazu, abambura abantu ibyabo n’ibindi bikorwa bibi”. Yakomeje agira ati:” nyuma twagize amahirwe ubuyobozi buraduhamagara buduhuriza hamwe turabireka, ubu dusigaye tujya aho abandi bari nko mu nama, mu muganda n’ahandi”.
Kubera kugirwa inama no kuba ubuyobozi butuba hafi, iyo duketse ko hari umuntu wibwe, duhita duhamagara abanyamuryango bacu biyemeje kureka ubujura, hanyuma tugafatanya twese tukamenya aho ubujura bwabereye, tugakora urutonde rw’abanze kubireka dukurikije icyiciro cy’ubujura, tukabimenyesha Polisi y’u Rwanda noneho ukekwaho ubwo bujura umwe, babiri, batatu…… bagafatwa kugera tugeze ku mujura wibye ndetse n’ibyibwe tukabigaruza. Natanga ingero; twagaruje telefone igura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 360, za mudasobwa 5 n’ibindi mu minsi yashize”.
Niyonzima Jean Damascene ukomoka mu karere ka Nyaruguru, nawe yahoze ari muri ibyo bikorwa bibi by’ubujura. Yagize ati:” nyuma yo kunywa ibiyobyabwenge birimo arukoro(alcohol), essence, urumogi n’ibindi; twapandaga imodoka, tugakata imifuka, tukambura abagore amaterefone n’amasakosi tukajya mu mazi bakatubura.
Nakomeje muri ubwo buzima bubi ariko ku bw’amahirwe, ubuyobozi bw’umurenge wa Gatsata, na Polisi y’u Rwanda batugiriye inama maze niyemeza kubireka. Nta kintu cyiza nakuyemo uretse gukubitwa, gufungwa, uburwayi, kurara hanze n’ibindi”.
Aba, hamwe na bagenzi babo bahoze bakora ibikorwa by’ubujura bwavuzwe hejuru no gukoresha ibiyobyabwenge, basabye abakiri muri ubwo bujura kubureka bakaza gufatanya kubaka igihugu. Cyakora basabye ko inzego z’ibanze ko zakomeza kubaba hafi zigakomeza kubagira inama no kubafasha mu mishinga yo kwiteza imbere bazigejejeho irimo kububakira ikinamba cyo koza imodoka, ikibuga cyo kubumbiramo amatafari ya sima yo kubakisha n’ibindi.
Naho Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali Assistant Commissioner of Police (ACP) Rogers Rutikanga yavuze ko uru rubyiruko rwaretse ibi bikorwa bibi by’ubujura kubera ibiganiro bagiye bahabwa byabasabaga kureka ibyo bikorwa bibi.
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali Assistant Commissioner of Police (ACP) Rogers RutikangaYakomeje avuga ko kuba Polisi y’u Rwanda n’inzego z’ibanze zarakomeje kubegera no kubagira inama,byatanze umusaruro ugaragara kuko ubwabo batanga umusanzu wo kwerekana abagikora ubujura bityo bagafatwa n’ibyibwe bikagaruzwa.
ACP Rutikanga yahamagariye abagikora ubujura kubureka bakibumbira mu mashyirahamwe yo kwiteza imbere kuko inzego zitandukanye ziteguye kubafasha, ariko aburira abanze kureka ubwo bujura ko Polisi y’u Rwanda izabafata, kugira ngo bagarurwe mu murongo mwiza.
Abaturage iyo babuze uko bita ibintu barakekeranya.
Capitalism bayita ikuzimu. Abajijutseho gato bayita illuminati.
Iyo nk’umuntu yishe abantu muri Congo akabasahura agakira bitunguranye, abaturage bavugako yakuye ubutunzi ikuzimu. Byafata indi ntera bati ari muri illuminati.
Bati iby’ikuzimu ntibiramba. Ni byo kuko kwiba si ugukora.
Nta mucapitalist w’umudemocrate ubaho.
Hillary na Obama si abademocrate kandi nabo bica abo batavuga rumwe. Ishyaka ni ku izina.
Abarepublicans na bo bafite ubukana burenze ubw’abami.
Ni ukuvuga politike n’ubukungu bya America bicungwa nabi bishoboka. System ni insazi. Irapfuye.
Uwo twita umuyobozi nta cyo aba yahindura. Abacuruzi ahubwo ni bo bapanga ibintu uko babishaka. Ngaho na we mbwira umucuruzi yivanze mu mikorere y’amashyaka! Hera ku mucuruzi muturanye urebe amanyanga afite.
Ishyaka rya politique rero ritegekerwa n’abacuruzi cg ricuruza riba ryabaye corrupt. Ntaho riba rigihuriye n’abaturage uretse mu guhangana.
Uramenye ntugakine urusimbi. Rwaguhombya rukakuviramo n’uruguma physique cg financiare:
BNR
Izigamire ugura Bond za Leta BNR izashyira ku isoko tariki 20-22/2/17.Baza Bank yawe cg Abahuza b isoko ry imari n Imigabane, info¡bnr.rw cgTel 0788199345/348
iyi BNR igenzurwa n’ibyihebe by’abanyamerika ku buryo no kuyita national kandi byigisha denationalisation na privatisation biteye isoni.
Ikihebe rero kiragushuka ukagihereza ariko mu kugusubiza kigusubiza ibikwica.
Nka kumwe karyamyenda yishyuye ingona ingwe ku buryo buri kimwe cyari kwiyishyura. Mbere yo kugura izo mpapuro banza urebe n’ahandi uko byagenze niba twariheshaga agaciro koko.
Ngaho nimutere imbere. Na duke mwari mufite muzatwakwa kubera ubugoryi no gushaka ibitangaza by’iminsi icyenda wa mugani wa Mahtma Gandhi.
Buri muntu agomba kuvuga icyo ashingiraho akora ubusesenguzi. Kuko ushobora gusanga icyo ushingiraho ubwacyo nta shingiro gifite:
1) Nka Charles Kambanda iyo asesengura yifashisha amategeko na science. Wenda uretseko science y’ubu yabaye propagande ariko iyo uyizi neza ukirinda n’inda nini ushobora kuvugisha ukuri.
2) Hari abashingira kuri philosophies ariko zose siko zifite ishingiro. Nka Kagame wifashisha caputalism kandi ubwayo itemewe ari iya giswa n’igihuru. Hari n’izivuguruza nk’iyobokamana n’ubwoko. Njye nifashisha Marxism. Sinzi niba hari aho yigishwa mu ishuli nyamara ni yo yonyine itivuguruza.
3) hari n’abandi batuzanira ubusesenguzi bw’ibintu barose biganjemo abakinnyi b’amafilm, abaririmbyi n’abandi. Nubwo ushobora gushakamo ukuri ukakubura, ariko abantu benshi bahita bumvako ngo kuberako umuntu ari icyamamare ubwo ngo ni umunyakuri batabanje kureba abamwumva cg n’ubundi busesenguzi bwose.
Kagame ntakwingingira kumutora. Abagura ziriya mpapuro bashobora no kuzuzuza.
Yashyizweho n’ingufu z’abakoloni n’inda nini y’abaturage azakurwaho n’ingufu n’ubwitange b’abaturage.
Kagame ni umwe mu baperezida ku isi bagoranye gutsinda mu matora.
Tinya umuntu igihugu cyose cyakwanga gutora akavuga ngo nta matora yabaye. Utoye undi(ndavuga bamwe batoresha) kagame yavuga ko nta matora yigeze aba.
Matabaro yaravuze ngo Kagame bamuhase democracy yageraho akumva.
Uretse na democracy n’ingufu byakunda kuko abaturage baba bari hariya bamukacira bakamuryoza ibi bikosa akora yitwaje umwanya w’umukuru w’igihugu.
Ubwo Pasiteri Ezra Mpyisi rero yiyemerera ko yamaze imyaka myinshi abwiriza ibinyoma, akanavugako n’abandi ba pasiteri babeshya akanabitangira ibimenyetso, ni njye uvugisha ukuri.
Avugako agiye gutangira izindi nyigisho zishingiye ku kuri ariko akabaye icwende ntikoga.
Ahubwo ukuri ni njye uzajya ukubabwira. Kuko ubu kuko idini abantu bamaze kumenya icyo ari cyo, rigiye gushaka indi plan, rishyireho version nshya y’ibinyoma bivuguruye.
Kandi philosophie y’idini muri rusange irivuguruza. Ntago ibasha guhuza umwuka n’ubuzima busanzwe, kandi ntinerekane ububasha bw’umwuka mu buzima na nyuma y’ubuzima. Kandi ikinyoma nticyakoreshwa mu guhindura ubuzima bw’abantu mu mwuka no mu mubiri.
-imfungwa
-abasirikare etc
-abanyeshuri
-abanyapolitike etc
-impunzimumbwire rero uburyo ibibazo nk’inzara byabura? Abagacunze ibi ahubwo birirwa babeshyera izuba ngo ni ryo mwaku n’intandaro ya byose
I T A N G A Z O
No 001/2017 rya groupe
INTWARI ZA CNDD-FDD
ryo ku wa 14/02/2017
;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;;IMANA mushoboravyose ihabwe amashimwe n’icubahiro yo idahengeshanya gutera iteka abana bayo,na cane cane ko abo yatoranije yabahaye kuba abana b’IMANA.
Groupe INTWARI ZA CNDD-FDD irongeye gukeza Leta y’uBURUNDI na Nyenicubahiro SEBARUNDI ayirongoye,yo iguma itwereka iciza n’ikibi ikadutwara mu muco.
.
Hegereje iminsi y’ibiganiro bizohuza Leta n’abayirwanya,aho ba bandi bagize umurwi wa ba Mujeri bariko barahanahana amakuru atariyo avuga ko bazoja kuzana #TRANSITION canke #MAPROBU,aho rero hakaba hari inzira bashaka kubicishamwo.
– ibihuha bicanishamwo abenegihugu
– ubwicanyiGroupe Isavye abenegihugu kuguma batekanye,ntibajarajare kuko na wa musi ntibajarajaye,aho igihugu cabananiye gutora wa musi ubu siho vyobakundira.
Mukurangiza,
Groupe INTWARI ZA CNDD-FDD imbenyesha ko kugira ivyo bakeneye bishoboke,bapanze kugandagura indongozi zimwe zimwe haba k’uruhande rwa mujeri,haba k’uruhande rwa Leta,kugira baronke ivyo bereka umuhuza.
Groupe yanyu ikabasaba kuguma mukizura nka kwakundi,ako mufatanye ibikoresho vyo kwonona ntimuje kunaniza umutegetsi,kora muje kukivi.Bigiriwe i Bujumbura,
ku wa 14/02/2017
inamanshingwabikorwa ya groupe
Intwari Za CNDD-FDD.Ce samedi 28 janvier 2017, le Président du Senat, Honorable Révérien Ndikuriyo a participé, au chef-lieu de la province Makamba, à une marche-manifestation contre la fausse déclaration du Parlement de l’Union Européenne, du 19 janvier de cette année, en rapport avec les droits de l’homme au Burundi.
Après cette marche, Honorable Ndikuriyo s’est joint à la population de cette province dans les travaux de construction du bureau Provincial.
Dans son discours, Honorable Ndikuriyo a remercié tous ceux qui ont déjà contribué dans ces travaux et les a invités à continuer.
Il a conseillé la population de construire, chez elle, des maisons en étages pour avoir de l’espace cultivable.
Concernant la fausse déclaration du Parlement de l’Union Européenne , le Président du Sénat a invité cette dernière à venir au Burundi pour se rendre compte de la réalité .
Il a indiqué qu’il va continuer de parler de cette réalité à la communauté internationale afin de la convaincre.
This Sister was so stunning during today’s protest against the abysmal resolution adopted arrogantly by European Parliament against our country. Enough is enough with its illicit games.
Umusi mukuru w’ Ubumwe wagenze gutya
The Cndd-Fdd Abagumyabanga party helped the families of the commune Gihanga, in Bubanza province threatened by famine: 6 tons of beans, 3 tons of rice and 3 tons of flour were freely distributed to the affected population.
Our brand-new Ambassador of the Republic of Burundi to the United Republic of Tanzania, H.E Gervais Abayeho presented his credentials to His Excellency Dr.John Pombe Joseph Magufuli,
President of the United Republic of Tanzania yesterday , during ceremonies which took place at the State House in Dar es Salaam.- AuthorPosts